Ukraine irashinja Uburusiya gushyira iterabwoba ku baturage

Ukraine irashinja Uburusiya gushyira iterabwoba ku baturage

Leta ya Kiev irashinja Uburusiya gushaka gutera ubwoba abatuye Kherson, umujyi ukomeye uherereye mu majyepfo ya Ukraine, igategura kubimura. Ukraine ivuga ko Uburusiya bushaka kwimura aba baturage bwifashishije amakuru y’ibinyoma avuga ko hari ibitero ingabo za Ukraine zagabye kur’uyu mujyi.

kwamamaza

 

Yifashishije urubuga nkoranyambaga, Andriï Iermak; ukuriye abakozi muri perezidansi ya Ukraine yemeje ko ibyo bitero bitagabwe ahubwo ari ibihugu bishingiye kuri poropaganda zirigukwirakwiza kandi ntacyo zirageraho. Ati: Abarusiya bagerageza gutera ubwoba abaturage ba Kherson bakoresheje amakuru y'ibinyoma avuga ko igisasu cyagabwe mu mujyi n'ingabo zacu. Ni ibyo bakwirakwiza ariko ntabwo bizakora.”

 Ibi bitangajwe mugihe Uburusiya bushyize imbere ibikorwa byo kwimura abatuye uyu mujyi, biteganyijwe ko bishobora kumara iminsi 6 mugihe buri munsi hazajya himurwa nibura abaturage 10 000.

Ni igikorwa ubutegetsi bwaho buvuga ko kizafasha ingabo z’Uburusiya kurwana kugeza zipfuye, abaturage bake akaba aribo bahasiga ubuzima. Icyakora hashyizweho itegeko ry’uko nta muturage wemerewe kwinjira muri Kherson, mu gice kigenzura n’Uburusiya mugihe cy’iminsi irindwi.

 

kwamamaza

Ukraine irashinja Uburusiya gushyira iterabwoba ku baturage

Ukraine irashinja Uburusiya gushyira iterabwoba ku baturage

 Oct 19, 2022 - 16:50

Leta ya Kiev irashinja Uburusiya gushaka gutera ubwoba abatuye Kherson, umujyi ukomeye uherereye mu majyepfo ya Ukraine, igategura kubimura. Ukraine ivuga ko Uburusiya bushaka kwimura aba baturage bwifashishije amakuru y’ibinyoma avuga ko hari ibitero ingabo za Ukraine zagabye kur’uyu mujyi.

kwamamaza

Yifashishije urubuga nkoranyambaga, Andriï Iermak; ukuriye abakozi muri perezidansi ya Ukraine yemeje ko ibyo bitero bitagabwe ahubwo ari ibihugu bishingiye kuri poropaganda zirigukwirakwiza kandi ntacyo zirageraho. Ati: Abarusiya bagerageza gutera ubwoba abaturage ba Kherson bakoresheje amakuru y'ibinyoma avuga ko igisasu cyagabwe mu mujyi n'ingabo zacu. Ni ibyo bakwirakwiza ariko ntabwo bizakora.”

 Ibi bitangajwe mugihe Uburusiya bushyize imbere ibikorwa byo kwimura abatuye uyu mujyi, biteganyijwe ko bishobora kumara iminsi 6 mugihe buri munsi hazajya himurwa nibura abaturage 10 000.

Ni igikorwa ubutegetsi bwaho buvuga ko kizafasha ingabo z’Uburusiya kurwana kugeza zipfuye, abaturage bake akaba aribo bahasiga ubuzima. Icyakora hashyizweho itegeko ry’uko nta muturage wemerewe kwinjira muri Kherson, mu gice kigenzura n’Uburusiya mugihe cy’iminsi irindwi.

kwamamaza