Amakuru
Mu mitangire y'amasoko ya leta haracyagaragaramo ibyuho...
Kuri uyu wa Kabiri umuryango urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda) wamuritse ibyavuye...
Kigali: Abahinga mu gishanga cya Kabuye - Gisozi bari mu...
Abahinga mu gishanga cya Kabuye na Gisozi mu karere ka Gasabo, baravuga ko bari mu gihombo gikabije nyuma yuko icyo gishanga cyibasiwe...
Nyaruguru: Abahawe inguzanyo yo guhinga icyayi babangamiwe...
Mu karere ka Nyaruguru, abahawe inguzanyo yo guhinga icyayi baravuga ko babangamiwe no kuzayishyura mu madolari bigendanye n'aho agaciro...
Ubujura ni kimwe mu bikomeje kubangamira umutuzo n’umudendezo...
Mu gihe inkingi y’umutekano yaje ku mwanya wa mbere mu byishimirwa n’abaturage mu bushakashatsi ku miyoborere bw’urwego rw'igihugu...
Ababyeyi bakwiye gushyira hamwe mu muryango kugirango bahe...
Kuri uyu munsi wahariwe kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango MIGEPROF yatangije...
Huye: Babangamiwe n'abatera amashyamba hagati mu baturage...
Mu karere ka Huye, hari abaturage bavuga ko babangamiwe n'abakoresha nabi igishushanyo mbonera cy'ubutaka aho bagura ubutaka ahagenewe...
Abakora akazi ko gukubura mu muhanda barasaba ko bagabanyirizwa...
Abakora akazi ko gukubura mu mihanda itandukanye barataka ko bakora amasaha menshi bigatuma batabona umwanya wo kwiyitaho cyangwa...
Musanze: Baratabariza umuntu watobotse umubiri usohokamo...
Musanze mu ntara y'Amajyaruguru, hari abaturage batabariza umuntu warwaye uburwayi bw’amayobere butobagura umubiri we amagufwa akamusohokamo...
Hari abarenza iminsi 30 y’agateganyo bagafungwa binyuranyije...
Raporo ya komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa muntu igaragaza ko hari abantu basabirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo ikarenga...
Huye - Tumba: Iteme ribahuza na Gisagara ryangiritse ribaheza...
Mu karere ka Huye, abatuye mu murenge wa Tumba barasaba kubakirwa iteme rihuza akarere kabo n'aka Gisagara kuko ryahagaritse imigenderanire...
Kiny
Eng
Fr





