Amakuru
Hari ibikibangamiye uburenganzira bw’umwana mu Rwanda
Mu gihe u Rwanda rwifatanya n’isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana, ubuyobozi bw’ikigo cy'igihugu gishinzwe imikurire...
Bugesera: Igishanga kidatunganyije gitubya umusaruro, abagihingamo...
Abahinga mu gishanga cya Rurambi mu karere ka Bugesera bavuga ko iki gishanga cyatunganyijwe igice kimwe bigira ingaruka ku musaruro...
Urubyiruko rurasaba ubukangurambaga ku buryo bwo kwipima...
Mu gihe inzego z’ubuzima mu Rwanda zikomeje gushikariza abanyarwanda kwitabira kwipimisha virusi itera SIDA, hari abiganjemo urubyiruko...
Kwiremamo amatsinda no kwiyita amazina bituma amabandi...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko kuba hirya no hino mu Rwanda hari amatsinda yiyita amazina aba agamije gukora urugomo n’ubujura, nayo...
Kigali: Barinubira umwanda n'akajagari baterwa n'abakoresha...
Abatuye mu mujyi wa Kigali babangamiwe n’akajagari n’umwanda biterwa n’abakoresha nabi imitaka yamamaza sosiyete z’ubucuruzi usanga...
Amajyepfo: Abahinzi babangamiwe n'indwara ya " Muhuha"...
Mu ntara y'Amajyepfo, abahinzi baravuga ko babangamiwe n'indwara yitwa "Muhuha" yibasiye imyaka yabo nk'ibirayi n'ibishyimbo, bagasaba...
Abaturage bahangayikishijwe n'ifaranga ry'u Rwanda ryataye...
Nyuma yuko banki nkuru y’u Rwanda BNR igaragaje ko mu mwaka wa 2023-2024 ifaranga ry’u Rwanda ryataye agaciro bidasanzwe ugeranyije...
Rulindo: Umuturage arasaba gufashwa kwivuza kanseri y'ibere
Abaturage bo mu murenge wa Murambi mu karere ka Rulindo baratabariza Nyiramvuyekure Jaqueline, ufite uburwayi bwa kanseri y'ibere...
Benshi mu bagabo ntibazi umunsi mpuzamahanga wabahariwe
Mu gihe buri mwaka taliki ya 19 y’ukwezi kwa 11, u Rwanda rwifatanya n’isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagabo, benshi...
Iburasirazuba: Hari abazi ko ubwishingizi bw’ibihingwa...
Mu gihe Leta y’u Rwanda ifite intego y’uko muri NST2 ubuso bw’ibihigwa byishingiwe buzagera kuri 30% n’amatungo yishingiwe akagera...
Kiny
Eng
Fr





