Green P ntakigaragaye kuri album yari guhuriraho na Jay C

Green P ntakigaragaye kuri album yari guhuriraho na Jay C

Umuraperi Jay C yemejeko Green P atazagaragara kuri album bari bemereye abakunzi bibihangano byabo ko bazahuriraho. Iyi album yari yitezweho indirimbo zirenga icumi ndetse n’amashusho yizi ndirimbo byari biteganyijwe ko agomba gufatirwa mu gihugu cya Uganda.

kwamamaza

 

Ni mugihe nyuma ya amezi umunani  aba bombi baherukaga guhurira mundirimbo Ikayi yagiye hanze muri  Mutarama 2025.

Mu kiganiro Sunday Night kinyura ku  Isango Star Jay C yabajijwe aho album ye na green p yaheze yemeza ko iyo album ihari ariko green p atazayigaragaraho .

Ati;album irahari iriho indirimbo zirenga icumi ariko Jay C ntawuriho  bitewe nuko  atari  mu Rwanda twabiganiriyeho  dusanga bigoranye muburyo bwo  gufata amajwi n’amashusho ndetse n’uburyo bwo kuyimenyekanisha  iyi album adahari byarikuba imbogamizi, yavuzeko ari album yafatanyijeho na abaraperi gusa ikaba na muhanzikazi uyiriho yabajijwe impamvu aashyizeho umuhanzi w;igitsina gore avugako byamurenzeho ariko kwagikora izindi album azabatekerezaho.

Jay C yemejeko iyi album ataratangariza izina uyu mwaka urangira indirimbo zose ziriho zagiye hanze nimugihe indirimbo yambere iri kuri iyi album yise ;Oh Dieu imaze iminsi itandatu isohotse n’indirimbo igaragaramo umuraperi mugenzi we BullDogg.

 

kwamamaza

Green P ntakigaragaye kuri album yari guhuriraho na Jay C

Green P ntakigaragaye kuri album yari guhuriraho na Jay C

 Sep 15, 2025 - 14:26

Umuraperi Jay C yemejeko Green P atazagaragara kuri album bari bemereye abakunzi bibihangano byabo ko bazahuriraho. Iyi album yari yitezweho indirimbo zirenga icumi ndetse n’amashusho yizi ndirimbo byari biteganyijwe ko agomba gufatirwa mu gihugu cya Uganda.

kwamamaza

Ni mugihe nyuma ya amezi umunani  aba bombi baherukaga guhurira mundirimbo Ikayi yagiye hanze muri  Mutarama 2025.

Mu kiganiro Sunday Night kinyura ku  Isango Star Jay C yabajijwe aho album ye na green p yaheze yemeza ko iyo album ihari ariko green p atazayigaragaraho .

Ati;album irahari iriho indirimbo zirenga icumi ariko Jay C ntawuriho  bitewe nuko  atari  mu Rwanda twabiganiriyeho  dusanga bigoranye muburyo bwo  gufata amajwi n’amashusho ndetse n’uburyo bwo kuyimenyekanisha  iyi album adahari byarikuba imbogamizi, yavuzeko ari album yafatanyijeho na abaraperi gusa ikaba na muhanzikazi uyiriho yabajijwe impamvu aashyizeho umuhanzi w;igitsina gore avugako byamurenzeho ariko kwagikora izindi album azabatekerezaho.

Jay C yemejeko iyi album ataratangariza izina uyu mwaka urangira indirimbo zose ziriho zagiye hanze nimugihe indirimbo yambere iri kuri iyi album yise ;Oh Dieu imaze iminsi itandatu isohotse n’indirimbo igaragaramo umuraperi mugenzi we BullDogg.

kwamamaza