Amakuru
Barishimira imihanda mishya iri kubakwa mu mujyi wa Kigali
Abagenda n’abatuye mu duce tumaze kubakwamo imihanda mishya ya kaburimbo mu mujyi wa Kigali, barashimira ibyo bikorwaremezo by’imihanda...
Elon Musk yasezeye ku nshingano yari afite muri guverinoma...
Elon Musk, umuherwe uyobora sosiyete ya Tesla, yasezeye ku nshingano yari afite nk’umukozi udasanzwe wa guverinoma ya Perezida Donald...
Kutagenzura imisanzu ukatwa ya pansiyo kare bikurura ibibazo...
Mugihe umusanzu w’ubwiteganyirize bw’izabukuru ukomeje kuzamuka ku bayihabwa bari muri pansiyo , hari bamwe mu bakozi bakatwa ayo...
Hari abatishyura mutuelle bitwaje ko batajya barwara
Hari abatuye mu mujyi wa Kigali bavuga ko hari bagenzi babo batajya bishyura ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de sante) bitewe nuko...
Igenzura ryagaragaje ko abasoza mu mashuri ya tekinike...
Urwego rushinzwe tekinike imyuga n’ubumenyingiro mu Rwanda, ruvuga ko bitewe n’uruhare imyuga igira mu kugabanya ubushomeri hakenewe...
Trump yatsinzwe n’urukiko ku misoro yashyize ku bicuruzwa...
Urukiko rw’ubucuruzi mpuzamahanga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwahagaritse imisoro yihariye Perezida Donald Trump yari yarashyize...
Ruto asabye imbabazi Tanzania na Uganda
Perezida wa Kenya, William Ruto, yasabye imbabazi ibihugu bituranyi bya Tanzania na Uganda ndetse n’urubyiruko rw’igihugu cye, mu...
Abahinzi barasaba ko hajyaho ubwishingizi bw'ibihingwa...
Hari abahinzi b’imboga n’imbuto bo mu Ntara y’Iburasirazuba bavuga ko ubwishingizi bw'ibihingwa bafata mu bigo bakorana nabyo budakemura...
Perezida Paul Kagame yakiriwe mu cyubahiro muri Repubulika...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame uri i Astana muri Repubulika ya Kazakhstan, yakiriwe na mugenzi we w'icyo...
Amerika yahagaritse by'agateganyo gutanga visa z'abanyeshuli
Ubutegetsi bwa Donald Trump bwategetse ambasade za Leta Zunze Ubumwe za Amerika guhagarika by’agateganyo gahunda yo gutanga visa z’abanyeshuri,...
Kiny
Eng
Fr





