P Diddy ashobora gukatirwa igifungo cya burundu

P Diddy ashobora gukatirwa igifungo cya burundu

Umuraperi P Diddy ushijwa icuruzwa ry'abantu no gusambanya igitsinagore kugahato mu rubanza rwe ababuranisha batangiye gusesengura ubuhamya n’ibimenyetso bishinja n’ibishinjura uyu muraperi, kugira ngo bafate umwanzuro ku bihano akwiriye guhabwa.

kwamamaza

 

P Diddy yatawe muri yombi muri Nzeri 2024, atangira kuburanishwa tariki 30 Kamena 2025, nyuma yaho umucamanza asoje urubanza rw’uyu muraperi tariki 27 Kamena 2025, rwamaze ibyumweru birindwi, aho ubushinjacyaha bwagaragaje abatangabuhamya barenga 30 barimo n'umukobwa bahoze bakundana, kugira ngo bagaragaze ibimenyetso bimushinja.

Abagize inteko iburanisha barimo gusuzuma ibyaha bitanu bikomeye birimo uruhare mu mugambi w’ibyaha by’ubugizi bwa nabi, ibyaha bibiri by’icuruzwa ry’abantu mu kubakoresha imibonano mpuzabitsina n’ibyaha bibiri bijyanye no gutwara abantu hagamijwe ubusambanyi.

Mu gihe P Diddy yahamwa n’icyaha cyo gucuruza abantu ashobora guhanishwa igifungo cya burundu.

Yanditswe na Venny Umurerwa

 

kwamamaza

P Diddy ashobora gukatirwa igifungo cya burundu

P Diddy ashobora gukatirwa igifungo cya burundu

 Jul 2, 2025 - 11:58

Umuraperi P Diddy ushijwa icuruzwa ry'abantu no gusambanya igitsinagore kugahato mu rubanza rwe ababuranisha batangiye gusesengura ubuhamya n’ibimenyetso bishinja n’ibishinjura uyu muraperi, kugira ngo bafate umwanzuro ku bihano akwiriye guhabwa.

kwamamaza

P Diddy yatawe muri yombi muri Nzeri 2024, atangira kuburanishwa tariki 30 Kamena 2025, nyuma yaho umucamanza asoje urubanza rw’uyu muraperi tariki 27 Kamena 2025, rwamaze ibyumweru birindwi, aho ubushinjacyaha bwagaragaje abatangabuhamya barenga 30 barimo n'umukobwa bahoze bakundana, kugira ngo bagaragaze ibimenyetso bimushinja.

Abagize inteko iburanisha barimo gusuzuma ibyaha bitanu bikomeye birimo uruhare mu mugambi w’ibyaha by’ubugizi bwa nabi, ibyaha bibiri by’icuruzwa ry’abantu mu kubakoresha imibonano mpuzabitsina n’ibyaha bibiri bijyanye no gutwara abantu hagamijwe ubusambanyi.

Mu gihe P Diddy yahamwa n’icyaha cyo gucuruza abantu ashobora guhanishwa igifungo cya burundu.

Yanditswe na Venny Umurerwa

kwamamaza