KEVIN KADE YAHAKANYE IBY’UMWANA BAMWITIRIRA

KEVIN KADE YAHAKANYE IBY’UMWANA BAMWITIRIRA

Umuhanzi Kevin kade uri mubagezweho mu Rwanda yahakanye ibimuvugwaho ko yaba afite umwana, bakunze kumwitirira, aho abantu bakunze kumwita izina rya Papa Gigi.

kwamamaza

 

Mu kiganiro Sunday Night cya Radio Isango star, yavuzeko uretse no kuba adafite umwana witwa  Gigi  nizina ubwaryo ko atarikunda, yavuzeko we atumva igisobanuro cyaryo nimpamvumvu barimwita mugihe abakunze kurimwita batanga igisobanuro cyuko akora cyane.

Ati: "iryo zina sindyemera niyo warinyita sinaryitaba cyangwa se ukarinyita ubinyujije kumbuga nkoranya mbaga sinshobora kugusubiza."

Kevin kade umaze iminsi 4 ashyize hanze amajwi na mashusho y’indirimbo Nyanja  yabajijwe icyo yiteze muriyi ndirimbo avuga ko nta kidasanzwe ayitezeho. Ni mugihe iki abafana bakomeje kwibaza ku busobanuro bw'iyi ndirimbo, babikurije ku izina ryayo nyamara bakaba barategereje inyanja mu mashusho bagaheba. 

Kevin kade nyuma yo kutitabira ibitaramo bya iwacu muzika festival 2025 arimo kwitegura gukora igitaramo kugiti cye hano murwanda ndetse  avuga ko anafite ibindi arimo kwitegura kujyamo ku mugabane w'Uburayi.

Yanditswe na Venny Umurerwa.

 

kwamamaza

KEVIN KADE YAHAKANYE IBY’UMWANA BAMWITIRIRA

KEVIN KADE YAHAKANYE IBY’UMWANA BAMWITIRIRA

 Sep 1, 2025 - 13:03

Umuhanzi Kevin kade uri mubagezweho mu Rwanda yahakanye ibimuvugwaho ko yaba afite umwana, bakunze kumwitirira, aho abantu bakunze kumwita izina rya Papa Gigi.

kwamamaza

Mu kiganiro Sunday Night cya Radio Isango star, yavuzeko uretse no kuba adafite umwana witwa  Gigi  nizina ubwaryo ko atarikunda, yavuzeko we atumva igisobanuro cyaryo nimpamvumvu barimwita mugihe abakunze kurimwita batanga igisobanuro cyuko akora cyane.

Ati: "iryo zina sindyemera niyo warinyita sinaryitaba cyangwa se ukarinyita ubinyujije kumbuga nkoranya mbaga sinshobora kugusubiza."

Kevin kade umaze iminsi 4 ashyize hanze amajwi na mashusho y’indirimbo Nyanja  yabajijwe icyo yiteze muriyi ndirimbo avuga ko nta kidasanzwe ayitezeho. Ni mugihe iki abafana bakomeje kwibaza ku busobanuro bw'iyi ndirimbo, babikurije ku izina ryayo nyamara bakaba barategereje inyanja mu mashusho bagaheba. 

Kevin kade nyuma yo kutitabira ibitaramo bya iwacu muzika festival 2025 arimo kwitegura gukora igitaramo kugiti cye hano murwanda ndetse  avuga ko anafite ibindi arimo kwitegura kujyamo ku mugabane w'Uburayi.

Yanditswe na Venny Umurerwa.

kwamamaza