Visa: 73% by'ibihugu bya Afrika ntibirashyigikira umushinga w'isoko rusange.

Visa:  73% by'ibihugu bya Afrika ntibirashyigikira umushinga w'isoko rusange.

Umushinga w'umuryango wa Afrika yunze ubumwe witezweho gufasha urujya n'uruza rw'abanyafurika ku mugabane wose hakurwaho gusaba visa zo kwinjira mu bihugu bigize uyu mugabane uragenda biguru ntege. Nimugihe raporo y'uyu mwaka w'2022 igaruka ku bijyanye na Visa ku mugabane wa Afrika yamurikiwe ku kirwa cya Maurice mu nama y'ubukungu bwa Afrika, yerekanye ko ibihugu 73 % bitarinjira muri iyi gahunda. Icyakora Hari ikiri gukorwa.

kwamamaza

 

Umushinga ugamije gukuraho imbogamizi zituma urujya n'uruza ku mugabane wa Afrika wiyongera uracyasaba byinshi kugira ngo ugerweho.

Ni ingingo yoroshye cyane nko ku banyamerika, kimwe n'abanyafurika kugira ngo bisabe umuntu kujya hirya no hino mu bihugu bigize Afrika adasabwe ko abisabira Visa. 

Kugeza ubu, ibihugu 27% bigize uyu mugabane nibyo bimaze kwinjira muri uyu mushinga, bitagisaba Visa ku munyafurika babigana, nk'uko bigaragaza n'inyigo yakorewe mu bihugu byose.

Ibi bivuze ko ibigera kuri 73% byose bitarumva neza iby'uku gukuraho visa ndetse n'intego zabyo.

Jean Guy Afrika, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri banki nyafurika itsura amajyambere, mu nyigo yayo yakozwe uyu mwaka w'2022, igaragaza ko " twagerageje bishoboka gufungura, henshi hadasaba visa, visa yo kuba, visa nke zo kujya."

Abanyeshuli beza ni abanya-Benin, Seychelles na Gambie, ibyo bihugu bitatu byonyine ku mugabane wose nibyo bidasaba Visa umunyafurika wese.

Hashyizweho ingamba z'uko umwaka utaha hazakurwaho gusaba visa ku mugabane wose w'Afrika ariko ntibishyirwa mu bikorwa.

Imbogamizi zikomeje kwiyongera , ibyo Jean Guy Afrika yicuza cyane, Ati:" rimwe na rimwe aba Ari impamvu za politike, iz'imiterere y'ibihugu, amateka yabyo ariko bidashingiye ku muco w'igihugu ku kindi." 

" Rero biragoye guhita ukuraho impamvu zitera ibihugu gufungura cyangwa gutunga ...."

Uko kugenda biguru ntege bituma umushinga wo gushyiraho isoko rusange rihuriweho utagerwaho ku banyafurika , koroshya ubuhahirane , za serivisi ndetse n'ibindi nigitiye akamaro abatuye uyu mugabane.

(@RFI)

 

kwamamaza

Visa:  73% by'ibihugu bya Afrika ntibirashyigikira umushinga w'isoko rusange.

Visa: 73% by'ibihugu bya Afrika ntibirashyigikira umushinga w'isoko rusange.

 Dec 15, 2022 - 12:33

Umushinga w'umuryango wa Afrika yunze ubumwe witezweho gufasha urujya n'uruza rw'abanyafurika ku mugabane wose hakurwaho gusaba visa zo kwinjira mu bihugu bigize uyu mugabane uragenda biguru ntege. Nimugihe raporo y'uyu mwaka w'2022 igaruka ku bijyanye na Visa ku mugabane wa Afrika yamurikiwe ku kirwa cya Maurice mu nama y'ubukungu bwa Afrika, yerekanye ko ibihugu 73 % bitarinjira muri iyi gahunda. Icyakora Hari ikiri gukorwa.

kwamamaza

Umushinga ugamije gukuraho imbogamizi zituma urujya n'uruza ku mugabane wa Afrika wiyongera uracyasaba byinshi kugira ngo ugerweho.

Ni ingingo yoroshye cyane nko ku banyamerika, kimwe n'abanyafurika kugira ngo bisabe umuntu kujya hirya no hino mu bihugu bigize Afrika adasabwe ko abisabira Visa. 

Kugeza ubu, ibihugu 27% bigize uyu mugabane nibyo bimaze kwinjira muri uyu mushinga, bitagisaba Visa ku munyafurika babigana, nk'uko bigaragaza n'inyigo yakorewe mu bihugu byose.

Ibi bivuze ko ibigera kuri 73% byose bitarumva neza iby'uku gukuraho visa ndetse n'intego zabyo.

Jean Guy Afrika, Umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri banki nyafurika itsura amajyambere, mu nyigo yayo yakozwe uyu mwaka w'2022, igaragaza ko " twagerageje bishoboka gufungura, henshi hadasaba visa, visa yo kuba, visa nke zo kujya."

Abanyeshuli beza ni abanya-Benin, Seychelles na Gambie, ibyo bihugu bitatu byonyine ku mugabane wose nibyo bidasaba Visa umunyafurika wese.

Hashyizweho ingamba z'uko umwaka utaha hazakurwaho gusaba visa ku mugabane wose w'Afrika ariko ntibishyirwa mu bikorwa.

Imbogamizi zikomeje kwiyongera , ibyo Jean Guy Afrika yicuza cyane, Ati:" rimwe na rimwe aba Ari impamvu za politike, iz'imiterere y'ibihugu, amateka yabyo ariko bidashingiye ku muco w'igihugu ku kindi." 

" Rero biragoye guhita ukuraho impamvu zitera ibihugu gufungura cyangwa gutunga ...."

Uko kugenda biguru ntege bituma umushinga wo gushyiraho isoko rusange rihuriweho utagerwaho ku banyafurika , koroshya ubuhahirane , za serivisi ndetse n'ibindi nigitiye akamaro abatuye uyu mugabane.

(@RFI)

kwamamaza