Umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

Umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

Umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026 kavaga Rukomo kerekeza I rwamagana

kwamamaza

 

Tour du rwanda yatangiye kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, izenguruka igihugu cyose cy'urwanda rikazamara iminsi umunani kuko rizasozwa tariki ya 01 werurwe 2026, ni ku nshuro ya 18 kuva ribaye mpuzamahanga Abakinnyi 84 bo mu makipe 17 nibo bitabiriye isiganwa ry'uyu mwaka nyuma yaho ikipe imwe itabonetse ku munota wa nyuma.

agace kabimburiye utundi duce katangiriye mu karere ka Gicumbi i Rukomo gasorezwa i Rwamagana ku ntera y’ibilometero 173,6 isiganwa ryatangiye Saa Tanu 11h00 abakinnyi batangiye kubarirwa ibihe nyuma yo kugenda ibilometero 2,1. aka gace katagaragayemo gutungurana cyane kuko uyu muhanda ugizwe nahatambika henshi.

Ubwo bari bari kugana ku musozo Mu bilometero  nyuma, nibwo habayo kongera imbaraga mu gikundi cyari cyasinzwe n'abakinnyi bari bacomotse n’abakinnyi babiri bari imbere. Hasigaye metero nyeya umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team yacomotse mu gikundi asiga bagenzi be agera ku murongo usorezwaho ari we wa mbere ndetse ahabwa amasegonda 10 kuko yatsinze ‘sprint’ ya gatatu mu isiganwa, Umukinnyi wa kabiri yabonye amasegonda atandatu, uwa gatatu abona ane.

Nyuma yo kwegukana aka gace kabaye agace ka kabiri atwaye muri Tour du Rwanda nyuma yo gutsindira i Kayonza n’i Nyaruguru mu 2024 umunyarwanda wasoreje hafi ni Muhoza Eric wa Team Amani waje ku mwanya wa 11. Itamar Einhorn ni we wahise yambara umwambaro w’umuhondo Agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2026 kazakomeza ku wa Mbere, tariki ya 23 Gashyantare, harakinwa agace ka kabiri kazahagurukira Nyamata berekeza  i Huye ku ntera y’ibilometero 135.

 

kwamamaza

Umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

Umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

 Feb 22, 2026 - 20:34

Umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026 kavaga Rukomo kerekeza I rwamagana

kwamamaza

Tour du rwanda yatangiye kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, izenguruka igihugu cyose cy'urwanda rikazamara iminsi umunani kuko rizasozwa tariki ya 01 werurwe 2026, ni ku nshuro ya 18 kuva ribaye mpuzamahanga Abakinnyi 84 bo mu makipe 17 nibo bitabiriye isiganwa ry'uyu mwaka nyuma yaho ikipe imwe itabonetse ku munota wa nyuma.

agace kabimburiye utundi duce katangiriye mu karere ka Gicumbi i Rukomo gasorezwa i Rwamagana ku ntera y’ibilometero 173,6 isiganwa ryatangiye Saa Tanu 11h00 abakinnyi batangiye kubarirwa ibihe nyuma yo kugenda ibilometero 2,1. aka gace katagaragayemo gutungurana cyane kuko uyu muhanda ugizwe nahatambika henshi.

Ubwo bari bari kugana ku musozo Mu bilometero  nyuma, nibwo habayo kongera imbaraga mu gikundi cyari cyasinzwe n'abakinnyi bari bacomotse n’abakinnyi babiri bari imbere. Hasigaye metero nyeya umunya Isiraheli Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Development Team yacomotse mu gikundi asiga bagenzi be agera ku murongo usorezwaho ari we wa mbere ndetse ahabwa amasegonda 10 kuko yatsinze ‘sprint’ ya gatatu mu isiganwa, Umukinnyi wa kabiri yabonye amasegonda atandatu, uwa gatatu abona ane.

Nyuma yo kwegukana aka gace kabaye agace ka kabiri atwaye muri Tour du Rwanda nyuma yo gutsindira i Kayonza n’i Nyaruguru mu 2024 umunyarwanda wasoreje hafi ni Muhoza Eric wa Team Amani waje ku mwanya wa 11. Itamar Einhorn ni we wahise yambara umwambaro w’umuhondo Agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2026 kazakomeza ku wa Mbere, tariki ya 23 Gashyantare, harakinwa agace ka kabiri kazahagurukira Nyamata berekeza  i Huye ku ntera y’ibilometero 135.

kwamamaza