Taïwan yahamagaye amasaderi wayo muri Honduras kubera Ubushinwa.

Taïwan yahamagaye amasaderi wayo muri Honduras kubera Ubushinwa.

Kur’uyu wa kane, Taïwan yasabye uyihagarariye muri Honduras gutaha myuma y’uko hatangajwe ko minisitiri w’ububanyi n’amahanga na Honduras azasura Ubushinwa.

kwamamaza

 

Ubusanzwe Taïwan  ifitanye  ubushyamirane n’Ubushinwa buyifata nk’imwe mu ntara zayo, mugihe iki kirwa cyo kiba gishaka kwigenga. Ubushinwa bwavuze ko buzisub iza iki kirwa cya Taïwan, niyo bizasaba gukoresha imbraga za gisilikare.

Uku gushyamirana kwatumye Taïwan yirengagiza imyaka 80 imaze ifitanye na Honduras umubano mwiza, ihamagaza amasaderi wayo muri Honduras , nyuma y’uko minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Honduras atangarije ko azasura iki gihugu gituwe cyane.

Mu itangazo ryayo, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, yagize iti: "Honduras yirengagije ubucuti bumaze imyaka irenga 80 yohereza minisitiri w’ububanyi n’amahanga wayo mu Bushinwa, ibyo bikaba byababaje cyane guverinoma yacu n’abaturage."

Taïwan  yatangaje ko byatumye ifata umwanzuro wo gutumiza kuri ambassaderi wayo muri Honduras, iti: “ twafashe umwanzuro wo guhamagara byihutitwa ambasaderi wacu muri Honduras kugira ngo tugaragaze ko tutabyishimiye.

ko yibutse ambasaderi wayo muri Honduras kugira ngo yamagane uruzinduko rw’umuyobozi w’ububanyi n’amahanga wa Honduran mu Bushinwa, kikaba ari ikimenyetso cy’igihombo gishya cy’umufatanyabikorwa w’Amerika y'Epfo muri Taipei.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Tayiwani yagize ati: "Honduras yirengagije ubucuti bumaze imyaka irenga 80 hagati ya (Tayiwani na Honduras) yohereza minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa, ibyo bikaba byababaje cyane ibyiyumvo bya guverinoma yacu n’abaturage bacu."

Ibi bibaye mugihe Eduardo Enrique Reina ; minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Honduras , atangarije  ko azajya mu Bushinwa kugira ngo aganire mu guteza imbere umubano w’ibihugu byombi mu bijyanye na dipolomasi.

Binavugwa ko Minisitiri aReina agiye gukora uru ruzinduko kugira ngo basabe ubushinwa kubafasha kubaka urugomero rw’amashyanyarazi.

Ku ya 14 Werurwe, Honduras yatangaje ibinyujije kuri perezida wayo, Xiomara Castro, ko igiye gushyiraho “umubano wemewe na Repubulika y'Ubushinwa”.

Honduras ni igihugu cyo muri Amerika yo gahati gituwe na miliyoni zirenze 10. Iki gihugu kiza mu bikennye ku isi, imibare yerekana ko mu maturage 100, 74 baba bugarijwe n’ubukene.

Kibayeho kandi mu myenda yo hanze y’igihugu, aho gifite imyenda ingana na miliyari 10 z’amadolari, aho miliyoni zirenga 600 Honduras iyibereyemo  Taïwan.

Taïwan yibukije Honduras kutemerakugwa mu mutego w’ umwenda w’Ubushinwa ndetse ko idashobora guhurira n’iki gihugu kuri gahunda niyo yaba iy’idorali rimwe.

Nimugihe, ubwo yiyamamazaga, Madam Castro yasezeranyije Anaya-Honduras kububakira urugomera rw’amashanyarazi ubwi yiyamamazaga.

Kugeza ubu, Taïwan ifite imibanire myiza n’ibihugu 13 gusa, nyuma yo gutakaza ibihugu byinshi byo mu majyepfo y’Amerika.

Le Figaro ivuga ko Reine, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Honduras yagiye mu Bushinwa ari kumwe na Depite Xiomara Zelaya, umukobwa wa Perezida Castro, abayobozi batatu n’abandi ba diplomasi batatangajwe kandi ko bagiyeyo ku busabe bwa Perezida Castro.

Yongeyeho ko intumwa za Honduras zizakirwa na Qin Gang, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa.

 Ni icyifuzo kidafite ishingiro!

Icyakora nta makuru agaragaza ko minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa yigeze agira aho yemeza iby’urwo ruzinduko. Icyakora kur’uyu wa kane, umuvugizi wa Wang Wenbin yatangaje ko Ubushinwa bwiteguye kugirana umubano na Honduras.

Wang yagize ati: "Ubushinwa bwishimiye amagambo meza yavuzwe na guverinoma ya Honduras ku iterambere ry’umubano n’Ubushinwa kandi bwiteguye gushiraho no guteza imbere umubano w’ibihugu byombi na Honduras hashingiwe ku buringanire no kubahana."

Ku ya 15 Werurwe (03), nibwo Reina yasabye urwo ruganiro kuko rwari rukenewe cyane kugira ngo banoze umubano n’Ubushinwa.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Taïwan, Joseph Wu, yasubije ibibazo by’abadepite ku makuru avuga ko Honduras yasabye inkunga y’inyongera i Taipei, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Taïwan, Joseph Wu yavuze ko guverinoma ye ititeguye kwakira icyifuzo kidafite ishingiro.

Ati: “Mvugishije ukuri, turi mu bihe bitoroshye. Turacyakora ibishoboka byose, kandi tuzakora ibishoboka byose kugeza ku munota wa nyuma ".

“Ariko ntituzemera icyifuzo icyo ari cyo cyose kidafite ishingiro, cyaba igituruka muri Honduras cyangwa mu kindi gihugu, cyane cyane ikidasobanutse".

 

 

kwamamaza

Taïwan yahamagaye amasaderi wayo muri Honduras kubera Ubushinwa.

Taïwan yahamagaye amasaderi wayo muri Honduras kubera Ubushinwa.

 Mar 23, 2023 - 14:29

Kur’uyu wa kane, Taïwan yasabye uyihagarariye muri Honduras gutaha myuma y’uko hatangajwe ko minisitiri w’ububanyi n’amahanga na Honduras azasura Ubushinwa.

kwamamaza

Ubusanzwe Taïwan  ifitanye  ubushyamirane n’Ubushinwa buyifata nk’imwe mu ntara zayo, mugihe iki kirwa cyo kiba gishaka kwigenga. Ubushinwa bwavuze ko buzisub iza iki kirwa cya Taïwan, niyo bizasaba gukoresha imbraga za gisilikare.

Uku gushyamirana kwatumye Taïwan yirengagiza imyaka 80 imaze ifitanye na Honduras umubano mwiza, ihamagaza amasaderi wayo muri Honduras , nyuma y’uko minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Honduras atangarije ko azasura iki gihugu gituwe cyane.

Mu itangazo ryayo, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, yagize iti: "Honduras yirengagije ubucuti bumaze imyaka irenga 80 yohereza minisitiri w’ububanyi n’amahanga wayo mu Bushinwa, ibyo bikaba byababaje cyane guverinoma yacu n’abaturage."

Taïwan  yatangaje ko byatumye ifata umwanzuro wo gutumiza kuri ambassaderi wayo muri Honduras, iti: “ twafashe umwanzuro wo guhamagara byihutitwa ambasaderi wacu muri Honduras kugira ngo tugaragaze ko tutabyishimiye.

ko yibutse ambasaderi wayo muri Honduras kugira ngo yamagane uruzinduko rw’umuyobozi w’ububanyi n’amahanga wa Honduran mu Bushinwa, kikaba ari ikimenyetso cy’igihombo gishya cy’umufatanyabikorwa w’Amerika y'Epfo muri Taipei.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Tayiwani yagize ati: "Honduras yirengagije ubucuti bumaze imyaka irenga 80 hagati ya (Tayiwani na Honduras) yohereza minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa, ibyo bikaba byababaje cyane ibyiyumvo bya guverinoma yacu n’abaturage bacu."

Ibi bibaye mugihe Eduardo Enrique Reina ; minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Honduras , atangarije  ko azajya mu Bushinwa kugira ngo aganire mu guteza imbere umubano w’ibihugu byombi mu bijyanye na dipolomasi.

Binavugwa ko Minisitiri aReina agiye gukora uru ruzinduko kugira ngo basabe ubushinwa kubafasha kubaka urugomero rw’amashyanyarazi.

Ku ya 14 Werurwe, Honduras yatangaje ibinyujije kuri perezida wayo, Xiomara Castro, ko igiye gushyiraho “umubano wemewe na Repubulika y'Ubushinwa”.

Honduras ni igihugu cyo muri Amerika yo gahati gituwe na miliyoni zirenze 10. Iki gihugu kiza mu bikennye ku isi, imibare yerekana ko mu maturage 100, 74 baba bugarijwe n’ubukene.

Kibayeho kandi mu myenda yo hanze y’igihugu, aho gifite imyenda ingana na miliyari 10 z’amadolari, aho miliyoni zirenga 600 Honduras iyibereyemo  Taïwan.

Taïwan yibukije Honduras kutemerakugwa mu mutego w’ umwenda w’Ubushinwa ndetse ko idashobora guhurira n’iki gihugu kuri gahunda niyo yaba iy’idorali rimwe.

Nimugihe, ubwo yiyamamazaga, Madam Castro yasezeranyije Anaya-Honduras kububakira urugomera rw’amashanyarazi ubwi yiyamamazaga.

Kugeza ubu, Taïwan ifite imibanire myiza n’ibihugu 13 gusa, nyuma yo gutakaza ibihugu byinshi byo mu majyepfo y’Amerika.

Le Figaro ivuga ko Reine, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Honduras yagiye mu Bushinwa ari kumwe na Depite Xiomara Zelaya, umukobwa wa Perezida Castro, abayobozi batatu n’abandi ba diplomasi batatangajwe kandi ko bagiyeyo ku busabe bwa Perezida Castro.

Yongeyeho ko intumwa za Honduras zizakirwa na Qin Gang, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa.

 Ni icyifuzo kidafite ishingiro!

Icyakora nta makuru agaragaza ko minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa yigeze agira aho yemeza iby’urwo ruzinduko. Icyakora kur’uyu wa kane, umuvugizi wa Wang Wenbin yatangaje ko Ubushinwa bwiteguye kugirana umubano na Honduras.

Wang yagize ati: "Ubushinwa bwishimiye amagambo meza yavuzwe na guverinoma ya Honduras ku iterambere ry’umubano n’Ubushinwa kandi bwiteguye gushiraho no guteza imbere umubano w’ibihugu byombi na Honduras hashingiwe ku buringanire no kubahana."

Ku ya 15 Werurwe (03), nibwo Reina yasabye urwo ruganiro kuko rwari rukenewe cyane kugira ngo banoze umubano n’Ubushinwa.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Taïwan, Joseph Wu, yasubije ibibazo by’abadepite ku makuru avuga ko Honduras yasabye inkunga y’inyongera i Taipei, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Taïwan, Joseph Wu yavuze ko guverinoma ye ititeguye kwakira icyifuzo kidafite ishingiro.

Ati: “Mvugishije ukuri, turi mu bihe bitoroshye. Turacyakora ibishoboka byose, kandi tuzakora ibishoboka byose kugeza ku munota wa nyuma ".

“Ariko ntituzemera icyifuzo icyo ari cyo cyose kidafite ishingiro, cyaba igituruka muri Honduras cyangwa mu kindi gihugu, cyane cyane ikidasobanutse".

 

kwamamaza