Sunrise FC yasinyishije abakinnyi batandatu (6) barimo Robert Mukogotya uvuye muri Mukura VS.

Sunrise FC yasinyishije abakinnyi batandatu (6) barimo Robert Mukogotya uvuye muri Mukura VS.

Ikipe ya Sunrise FC yasinyishije abakinnyi batandatu, barimo Mukogotya Robert wakiniraga ikipe ya Mukura Victory Sports .

kwamamaza

 

Aba ni Mukogotya Robert, murenzi Patrick (Munyagihugu) bombi bakiniragye ikipe ya Mukura FC umwaka ushize, nyuma yo gusoza amasezerano bamaze kwerekeza muri Sunrise FC 

Abandi bakinnyi basinyiye ikipe ya Sunrise FC ni Laab-Garia Paul ukomoka muri Cameroon wakiniraga ikipe ya Gicumbi FC, Byukusenge Jean Michel (Gigi) wakiniraga ikipe ya Gorilla FC, ndetse n'abandi barimo Hagenimana Isaie, Duhimbaze Elysa, bose bakiniraga ikipe ya Rugende FC.

Aba bakinnyi bose basinnye amasezerano y’imyaka ibiri igomba kubageza muri 2025.

Aba bakinnyi kandi baje basanga abandi bamaze kongera amasezerano muri iyi ikipe, barimo myugariro Shyaka Clever na Niyibizi Vedaste ukina hagati mu kibuga asatira izamu ndetse na Mwizerwa Elysa.

@Gakunzi Blaise/Isango Star.

 

kwamamaza

Sunrise FC yasinyishije abakinnyi batandatu (6) barimo Robert Mukogotya uvuye muri Mukura VS.

Sunrise FC yasinyishije abakinnyi batandatu (6) barimo Robert Mukogotya uvuye muri Mukura VS.

 Jun 29, 2023 - 11:27

Ikipe ya Sunrise FC yasinyishije abakinnyi batandatu, barimo Mukogotya Robert wakiniraga ikipe ya Mukura Victory Sports .

kwamamaza

Aba ni Mukogotya Robert, murenzi Patrick (Munyagihugu) bombi bakiniragye ikipe ya Mukura FC umwaka ushize, nyuma yo gusoza amasezerano bamaze kwerekeza muri Sunrise FC 

Abandi bakinnyi basinyiye ikipe ya Sunrise FC ni Laab-Garia Paul ukomoka muri Cameroon wakiniraga ikipe ya Gicumbi FC, Byukusenge Jean Michel (Gigi) wakiniraga ikipe ya Gorilla FC, ndetse n'abandi barimo Hagenimana Isaie, Duhimbaze Elysa, bose bakiniraga ikipe ya Rugende FC.

Aba bakinnyi bose basinnye amasezerano y’imyaka ibiri igomba kubageza muri 2025.

Aba bakinnyi kandi baje basanga abandi bamaze kongera amasezerano muri iyi ikipe, barimo myugariro Shyaka Clever na Niyibizi Vedaste ukina hagati mu kibuga asatira izamu ndetse na Mwizerwa Elysa.

@Gakunzi Blaise/Isango Star.

kwamamaza