Amakuru
Gatsibo: Abangirijwe imitungo n’ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi...
Abaturage mu kagari ka Bibare mu murenge wa Muhura bavuga ko mu 2019 ubwo hakorwaga umuyoboro w’amashanyarazi wangirije imitungo yabo...
Wari uziko abashakanye mu buryo bwemewe n'amategeko iyo...
Hari bamwe mu baturage bavuga ko kongera gusezerana baratandukanye mu buryo bwemewe n’amategeko bitabaho abandi bakaba basobanukiwe...
Amayepfo: Amadini n’amatorero arasabwa gushyira imbaraga...
Bamwe mu baturage baravuga ko mu gihe amadini n’amatorero yaba ashyize umuhate mu kurwanya ibiyobyabwenge byabigabanya, cyane cyane...
Leta irasaba abaturage ubworoherane muri gahunda yo kwimura...
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi MINEMA iravuga ko kurengera no kurinda abaturage b’igihugu ari inshingano za Leta bityo...
Nyuma yo guhabwa umwambaro mushya, abomatari bagiye kuzajya...
Kuri uyu wa kabiri abamotari bakorera mu mujyi wa Kigali bambitswe umwambaro mushya uzajya ubaranga bari mukazi, ni umwambaro bambitswe...
Amagana y’abimukira b’abanya-Ethiopia biciwe ku mipaka...
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu [ Human Rights Watch, HRW] irashinja abashinzwe gucunga umutekano ku mupaka wa Sudan ibikorwa...
Amajyaruguru: Gusigasira ubumwe bw’abanyarwanda na Ndi...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu iravuga ko gahunda yo gusigasira ubumwe bw’abanyarwanda na Ndi umunyarwanda ari amahame y’abayobozi...
Amajyepfo: Abikorera barasabwa kudacika intege mu gushora...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda iravuga ko abikorera nta gikwiye kubaca intege kuko n’ibyari inzitizi kuri bo byakuweho. Ibi byagarutsweho...
Poste de sante zikomeje kugira uruhare mu korohereza abaturage...
Bamwe mu baturage begerejwe amavuriro y’ibanze azwi nka Poste De Sante baravuga ko zikomeje kugira uruhare mu gucyemura imbogamizi...
Kigali- Kabuga: Abanyonzi ntibamenya irengero ry’imisanzu...
Abakora umurimo wo gutwara abantu n’ibintu ku magare bazwi nk’abanyonzi bakorera i Kabuga ho mu murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo...
Kiny
Eng
Fr





