Umukino wa APR FC na kiyovu Sports wajyanwe muri sitade Amahoro

Umukino wa APR FC na kiyovu Sports wajyanwe muri sitade Amahoro

Umukino uzahuza ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports wagombaga kubera muri Kigali Pele Stadium wimuriwe kuri Stade Amahoro unahindurirwa amasaha

kwamamaza

 

Uyu mukino uteganyijwe kuzaba Ku wa Gatandatu ni bwo ikipe ya APR FC izakira Kiyovu Sports nyuma y'umukino uzahuza ikipe ya Al hilal na St Eloi lupopo mu mukino wa nyuma usoza imikino yo mu matsinda ya Caf champions league, APR FC  na kiyovu Sports Byari biteganyijwe ko umukino wazo uzaba saa Cyenda kuri Kigali Pele Stadium ariko kuri ubu wimuwe ujyanwa muri muri sitade Amahoro saa Moya z’umugoroba.

Impamvu nyamukuru yateye iri hindurwa ry'uyu mukino nuko wari kuzahurirara n'umukino wa Al hilal kandi ukabera amasaha amwe nyamara abakunzi ba Ruhago nyarwanda bifuza kuzakurikira iyi mikino yombi, mu rwego rwo korohereza abakunzi baya makipe yose umukino wa APR FC na kiyovu Sports niwo wimuwe ujyanwa kuri Sitade Amahoro , mw'itangazo ryatanzwe na Rwanda premier league ryameshaga abakunzi baya makipe ko izi mpinduka zizatuma abazitabira umukino wa Al hilal na St Eloi lupopo bazakurikirana uyu mukino wa APR FC na kiyovu Sports ntakindi kiguzi bazishyura umukino umwe bakayikurikira yombi

Mu mukino wa Shampiyona uheruka guhuza aya makipe yombi mu gice cya mbere (phase one) aya makipe yombi yanganyije 0-0, APR FC igiye gukina uyu mukino iri ku mwanya kabiri ku rutonde rwa shampiyona n’amanota 37 mu gihe kiyovu Sports iri ku mwanya wa 5 n’amanota 31 mu mikino 19 ya Rwanda premier league imaze gukinwa ku makip yombi.

 

kwamamaza

Umukino wa APR FC na kiyovu Sports wajyanwe muri sitade Amahoro

Umukino wa APR FC na kiyovu Sports wajyanwe muri sitade Amahoro

 Feb 12, 2026 - 20:23

Umukino uzahuza ikipe ya APR FC na Kiyovu Sports wagombaga kubera muri Kigali Pele Stadium wimuriwe kuri Stade Amahoro unahindurirwa amasaha

kwamamaza

Uyu mukino uteganyijwe kuzaba Ku wa Gatandatu ni bwo ikipe ya APR FC izakira Kiyovu Sports nyuma y'umukino uzahuza ikipe ya Al hilal na St Eloi lupopo mu mukino wa nyuma usoza imikino yo mu matsinda ya Caf champions league, APR FC  na kiyovu Sports Byari biteganyijwe ko umukino wazo uzaba saa Cyenda kuri Kigali Pele Stadium ariko kuri ubu wimuwe ujyanwa muri muri sitade Amahoro saa Moya z’umugoroba.

Impamvu nyamukuru yateye iri hindurwa ry'uyu mukino nuko wari kuzahurirara n'umukino wa Al hilal kandi ukabera amasaha amwe nyamara abakunzi ba Ruhago nyarwanda bifuza kuzakurikira iyi mikino yombi, mu rwego rwo korohereza abakunzi baya makipe yose umukino wa APR FC na kiyovu Sports niwo wimuwe ujyanwa kuri Sitade Amahoro , mw'itangazo ryatanzwe na Rwanda premier league ryameshaga abakunzi baya makipe ko izi mpinduka zizatuma abazitabira umukino wa Al hilal na St Eloi lupopo bazakurikirana uyu mukino wa APR FC na kiyovu Sports ntakindi kiguzi bazishyura umukino umwe bakayikurikira yombi

Mu mukino wa Shampiyona uheruka guhuza aya makipe yombi mu gice cya mbere (phase one) aya makipe yombi yanganyije 0-0, APR FC igiye gukina uyu mukino iri ku mwanya kabiri ku rutonde rwa shampiyona n’amanota 37 mu gihe kiyovu Sports iri ku mwanya wa 5 n’amanota 31 mu mikino 19 ya Rwanda premier league imaze gukinwa ku makip yombi.

kwamamaza