Ubwongereza: Liz Truss yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe nyuma y’iminsi 45 gusa!

Ubwongereza: Liz Truss yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe nyuma y’iminsi 45 gusa!

Liz Truss yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’intebe nyuma y’iminsi itarenze 45 atangiye izi nshingano. Truss yavuze uzamusimbura zatorwa mu ishyaka ry’aba-conservative mu cyumweru gitaha. Yavuze ko azegura kur’uyu mwanya ku ya 28 Ukwakira (10) 2022.

kwamamaza

 

Abagize inteko ishingamategeko basabye Truss kwegura nyuma yahoo Leta ye ihuriye n’ibibazo bya politiki, aho gahunda ze ku bijyanye n’imari yarimaze guteshwa agaciro ndetse na Minisitiri w’imari yeguye mu nshingano ze.

Liz Truss yari yatowe n’aba Tory mu  kwezi kwa Nyakanga(7)/Nzeri (9), ariko ahita atakazwa ububasha nyuma yo kudakomeza kubyo yasezeranyije Abongereza.

Mu ijambo yavugiye Downing Street Truss, yavuze ati: “Ndemera ko ntashobora kugera kubyo asezeranyije kugira ntorwe n’ishyaka rya Conservative.”

Truss yavuze ko azakomeza kuyobora iyi minisiteri kugera aho uzamusimbuza ku mwanya w’umuyobozi w’ishyaka ry’aba-conservative, hanyuma akemezwa nka minisitiri w’intebe noneho akemezwa n’Umwami Charles III.

Truss abaye minisitiri w’intebe mu byumweru bitarenze bitarenze 6 asimbuye Boris Johnson ku ya 6 Nzeri (9) 2022, bitumye aba uwa mbere muri ba minisitiri w’intebe mu mateka y’Ubwongereza.

Sir Keir Starmer; Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ryitwa Labour yasabye ko hahaita hakorwa amatora rusange nyuma yo kwegura kwa truss.

 Mu ijambo rye, Truss yavuze ko yageze ku buyobozi nka Minisitiri w’Intebe mu gihe  cy’ihungabana rikomeye ry’ubukungu ndetse n’ububanyi n’amahanga, mu gihe cy’intambara ikomeje kuba muri Ukraine …bituma ubuzima bukomeza guhenda.

Ariko Truss yeguye ku mirimo nyuma yaho Suella Braverman, ushinzwe ubutegetsi bw’ihugu yeguye bigatuma abadepite b’aba-tory   bigaragambiriza mu matora yo mu inteko ishingamategeko.

 

kwamamaza

Ubwongereza: Liz Truss yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe nyuma y’iminsi 45 gusa!

Ubwongereza: Liz Truss yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe nyuma y’iminsi 45 gusa!

 Oct 20, 2022 - 16:58

Liz Truss yeguye ku mwanya wa Minisitiri w’intebe nyuma y’iminsi itarenze 45 atangiye izi nshingano. Truss yavuze uzamusimbura zatorwa mu ishyaka ry’aba-conservative mu cyumweru gitaha. Yavuze ko azegura kur’uyu mwanya ku ya 28 Ukwakira (10) 2022.

kwamamaza

Abagize inteko ishingamategeko basabye Truss kwegura nyuma yahoo Leta ye ihuriye n’ibibazo bya politiki, aho gahunda ze ku bijyanye n’imari yarimaze guteshwa agaciro ndetse na Minisitiri w’imari yeguye mu nshingano ze.

Liz Truss yari yatowe n’aba Tory mu  kwezi kwa Nyakanga(7)/Nzeri (9), ariko ahita atakazwa ububasha nyuma yo kudakomeza kubyo yasezeranyije Abongereza.

Mu ijambo yavugiye Downing Street Truss, yavuze ati: “Ndemera ko ntashobora kugera kubyo asezeranyije kugira ntorwe n’ishyaka rya Conservative.”

Truss yavuze ko azakomeza kuyobora iyi minisiteri kugera aho uzamusimbuza ku mwanya w’umuyobozi w’ishyaka ry’aba-conservative, hanyuma akemezwa nka minisitiri w’intebe noneho akemezwa n’Umwami Charles III.

Truss abaye minisitiri w’intebe mu byumweru bitarenze bitarenze 6 asimbuye Boris Johnson ku ya 6 Nzeri (9) 2022, bitumye aba uwa mbere muri ba minisitiri w’intebe mu mateka y’Ubwongereza.

Sir Keir Starmer; Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ryitwa Labour yasabye ko hahaita hakorwa amatora rusange nyuma yo kwegura kwa truss.

 Mu ijambo rye, Truss yavuze ko yageze ku buyobozi nka Minisitiri w’Intebe mu gihe  cy’ihungabana rikomeye ry’ubukungu ndetse n’ububanyi n’amahanga, mu gihe cy’intambara ikomeje kuba muri Ukraine …bituma ubuzima bukomeza guhenda.

Ariko Truss yeguye ku mirimo nyuma yaho Suella Braverman, ushinzwe ubutegetsi bw’ihugu yeguye bigatuma abadepite b’aba-tory   bigaragambiriza mu matora yo mu inteko ishingamategeko.

kwamamaza