ONU ihangayikishijwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe ku kiremwamuntu!

ONU ihangayikishijwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe ku kiremwamuntu!

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, , yatangaje ko kuba abantu barabaswe no gukoresha ingufu zangiza bifungurira ibinyabuzimau amarembo y’ikuzimu.

kwamamaza

 

Ibi yabigarutseho kur’uyu wa gatatu, ku ya 20 Nzeri (09) 2023, ubwo yatangizaga inama yiga ku mihindagurikire y’ikirere.

Yavuze ku gushyuha kw’ikirere ndetse n’inkongi zimaze igihe zohereza ibyotsi bihumanya ikirere. Yagaragaje ko mu gihe kizaza hazaba habi, gusa ko nta bukererwe buri mu gufata ingamba zo gukumira ubwiyongere bw’ugushyuha ku isi ku kigero cya 1.5° C.

Ubusanzwe hashize amezi make umunyamabanga uhoraho wa ONU anenze politike z'ibihugu zo guhangana n'imihindagurikire y'ibihe no kugabanya ibyosti bihumanya ikirere.

 

kwamamaza

ONU ihangayikishijwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe ku kiremwamuntu!

ONU ihangayikishijwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe ku kiremwamuntu!

 Sep 21, 2023 - 00:51

Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, Antonio Guterres, , yatangaje ko kuba abantu barabaswe no gukoresha ingufu zangiza bifungurira ibinyabuzimau amarembo y’ikuzimu.

kwamamaza

Ibi yabigarutseho kur’uyu wa gatatu, ku ya 20 Nzeri (09) 2023, ubwo yatangizaga inama yiga ku mihindagurikire y’ikirere.

Yavuze ku gushyuha kw’ikirere ndetse n’inkongi zimaze igihe zohereza ibyotsi bihumanya ikirere. Yagaragaje ko mu gihe kizaza hazaba habi, gusa ko nta bukererwe buri mu gufata ingamba zo gukumira ubwiyongere bw’ugushyuha ku isi ku kigero cya 1.5° C.

Ubusanzwe hashize amezi make umunyamabanga uhoraho wa ONU anenze politike z'ibihugu zo guhangana n'imihindagurikire y'ibihe no kugabanya ibyosti bihumanya ikirere.

kwamamaza