Amwe mu mafoto utabonye y'umukino wo gutangiza ‘CAVB Men’s Club Championship 2026’ wakurikiwe na Perezida Kagame

Amwe mu mafoto utabonye y'umukino wo gutangiza ‘CAVB Men’s Club Championship 2026’ wakurikiwe na Perezida Kagame

Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakurikiye umukino wo gutangiza irushanwa rya Volleyball rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika, ryabereye muri BK Arena. Ikipe ya APR VC yitwaye neza itsinda Black Rhinos amaseti 3-0 ku mukino wabimburiye indi.

kwamamaza

 

Ibirori byatangijwe n’abavangamiziki, hakurikiraho parade y’amakipe 24 aturutse mu bihugu 15. Perezida wa FRVB yasabye Abanyarwanda gushyigikira amakipe yabo, avuga ko igikombe kigomba kuguma mu Rwanda.

Minisitiri wa Siporo yakiriye abashyitsi, ashimangira ko kwakira iri rushanwa ari intambwe igaragaza ko u Rwanda rukomeje kuba igicumbi cya siporo. Visi Perezida wa CAVB yavuze ko Afurika iri kuzamura urwego ku Isi muri Volleyball.

Dore amwe mu mafoto utabonye agaragaza uyu mukino: 

 

kwamamaza

Amwe mu mafoto utabonye y'umukino wo gutangiza ‘CAVB Men’s Club Championship 2026’ wakurikiwe na Perezida Kagame

Amwe mu mafoto utabonye y'umukino wo gutangiza ‘CAVB Men’s Club Championship 2026’ wakurikiwe na Perezida Kagame

 Apr 23, 2026 - 10:01

Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakurikiye umukino wo gutangiza irushanwa rya Volleyball rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika, ryabereye muri BK Arena. Ikipe ya APR VC yitwaye neza itsinda Black Rhinos amaseti 3-0 ku mukino wabimburiye indi.

kwamamaza

Ibirori byatangijwe n’abavangamiziki, hakurikiraho parade y’amakipe 24 aturutse mu bihugu 15. Perezida wa FRVB yasabye Abanyarwanda gushyigikira amakipe yabo, avuga ko igikombe kigomba kuguma mu Rwanda.

Minisitiri wa Siporo yakiriye abashyitsi, ashimangira ko kwakira iri rushanwa ari intambwe igaragaza ko u Rwanda rukomeje kuba igicumbi cya siporo. Visi Perezida wa CAVB yavuze ko Afurika iri kuzamura urwego ku Isi muri Volleyball.

Dore amwe mu mafoto utabonye agaragaza uyu mukino: 

kwamamaza