Amakuru
Hari inzitizi zituma intego yo kwigisha benshi imyuga itagerwaho.
Inzobere muby’uburezi bw’imyuga n’ibumeyi ngiro bagaragaza ko hakiri inzitizi y’abataraha agaciro ubu burezi kandi bwakabaye izingiro...
Ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga bikomeje kuba bike
Mu gihe muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda ya NST1 hari hateganyijwe kuzamura urwego rw’ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga kugeza...
Abanyonzi bo muri Nyabugogo barinubira amande bacibwa abateza...
Abanyonzi bakorera mu bice bya Nyabugogo barinubira amande bacibwa iyo bahagaze ahitwa ko hatemewe nyamara bo bakavuga ko n’ubusanzwe...
Nyarugenge: Abakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse babangamiwe...
Bamwe mu bakora ubucuruzi buto n’ubuciriritse mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, baravuga ko babangamirwa n’abakora ubucuruzi...
Rwamagana: Abatuye Umudugudu wa Kirehe bahangayikishijwe...
Abatuye mu mudugudu wa Kirehe wo mu murenge wa Kigabiro mur’aka karere baravuga ko bahangayikishijwe n’imbwa zigera muri 15 z’uwitwa...
Abakoresha umuhanda Gikondo-Mageragere babangamiwe no kuba...
Abatuye muri centre yo mu Kigarama hamwe n’abakoresha umuhanda Gikondo-Mageragere uri hagati y’akarere ka Nyarugenge n’aka Kicukiro...
Nyanza: Harasabwa uruhare rwa buri wese ngo ihohoterwa...
Ubuyobozi buravuga ko hakenewe uruhare rwa buri wese, barimo n'abakunzi b'imikino itandukanye, mu kurwanya ihohoterwa ndetse n'inda...
Ikibazo cy’abatinda kuburanishwa bafunzwe kibangamiye ubutabera
Ubuyobozi bw’Urugaga rw’abavoka mu Rwanda, burasaba inzego z’ubutabera guhagurukira ikibazo cy’imanza zitinda gucibwa bigakururira...
Mu Rwanda hateraniye inama idasanzwe yiga ku bibazo byugarije...
I Kigali mu Rwanda hari kubera inama y’iminsi 3, y’ihuriro ry’ubuvuzi mu bihugu by’Afurika, ni inama ibaye ku nshuro ya 25 aho inzego...
Kayonza: Abacukura amabuye y’agaciro mu buryo bitemewe...
Abacukura amabuye mu buryo butemewe n'amategeko mu murenge wa Rwinkwavu wo mur’aka karere bazwi ‘nk'imparata’ barashinjwa kuba inyuma...
Kiny
Eng
Fr





