MU Rwanda
Burera: Ubuyobozi bwasabwe kwirinda ikimenyane no guca...
Inararibonye muri Politike y'u Rwanda zirasaba ubuyobozi kwirinda ikimenyane mu kazi ndetse no guca amatsinda aheza bamwe, abandi...
Hari abavuga ko gufunguza konti muri SACCO bihenze kandi...
Bamwe mu bagana ikigo cy’imari giciriritse Umurenge SACCO, baravuga ko ikiguzi cyo gufunguza konti gihanitse kandi ugasanga bahatirwa...
Abayobozi b'utugari batarahabwa moto barasaba ko nabo bazihabwa
Hari bamwe mu banyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bagaragaza ko hari abatagira inyoroshyangendo nka moto cyangwa imodoka bikaba...
Hari abatinya guharanira uburenganzira bwabo mu kazi kubera...
Hari abakora mu mirimo itandukanye bagaraza ko hari igihe uburenganzira bwabo buhutazwa mu kazi ariko ntibabuharanire batinya gutakaza...
Bamwe babona uruhare rw'abageze mu zabukuru nk'inkingi...
Mu gihe hajya humvikana bamwe mu bantu bageze mu zabukuru bavuga ko batitabwaho n’imiryango yabo kubera bahugiye mu gushaka imibereho,...
Kigali - Ruriba: Basenyerwa n'amazi ava mu kibuga cyo kwigishirizamo...
Abaturiye ahari gusizwa ikibuga cyo kwigishirizamo ibinyabiziga giherereye mu kagari ka Ruriba mu murenge wa Kigali mu karere ka Nyarugenge,...
Nyagatare: gahunda y’ubuhuza mu nkiko igiye gushyirwamo...
Minisiteri y’ubutabera iravuga ko gahunda y’ubuhuza mu nkiko igiye gushyirwamo ingufu kugira ngo ifashe mu kugabanya ubucucike bw’imanza...
Abanyarwanda barasabwa kugira umuco wo kwizigamira
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, MINECOFIN, iravuga ko abaturage bakwiye kugira umuco wo kwizigamira, ariko bakabijyanisha no kuba...
Rubavu: kuzahazwa n’ibiza byatumye bagereranya gutera imirwanyasuri...
Abatuye aka karere bavuga ko gutera igiti bakigerenya n’ubuzima bitewe nuko Ibiza byatwaye ubuzima bw’abatuye mu murenge wa Rugerero....
Igiti cyanjye: Barasaba ko hakongerwa ibiti by’imbuto biterwa...
Abatuye Umujyi wa Kigali barasaba ko hakibandwa mu gutera ibiti by’imbuto kugirango bigire umumaro utandukanye wo kubungabunga ibidukikije....
Kiny
Eng
Fr





