Donald Trump azitabira umukino uzahuza Chelsea na PSG

Donald Trump azitabira umukino uzahuza Chelsea na PSG

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeje ko azaba ari umwe mu bantu basaga ibihumbi 82,500 bazaba bitabiriye umukino wa nyuma w'igikombe cy'isi cy'amakipe uzabera muri Leta ya New Jersey ku wa 13 Nyakanga 2025, Trump yabitangaje ku wa Kabiri.

kwamamaza

 

Uyu mukino wa nyuma w'Igikombe cy’Isi cy’Amakipe 2025 uzahuza ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza ndetse na Paris Sante Germain yo mu Bufaransa kuri iki cyumweru tariki ya 13 Nyakanga 2025 ukazabera muri sitade ya Metlife yakira abantu ibihumbi 82,500, iyi n'imwe mu masitade yakiniweho imwe mu mikino itandukanye harimo n'uwahuje Real Madrid na PSG.

Aya makipe azahura y'ishakamo ikipe imwe igomba kwegukana iki gikombe mu gihe ayitabiriye yose ari amakipe 32, cyabaye umwanya mwiza wo kwitegura igikombe cy’Isi cy’Ibihugu kizakirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique aho cyo kizahuza amakipe 48 kandi umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy'ibihugu cya 2026 na wo uzabera kuri iyi stade ya Metlife.

Trump yatangaje ibi nyuma yaho azwiho kutitabira imikino myinshi y'umupira w'amaguru.

Yanditswe na Darius Shumbusho

 

kwamamaza

Donald Trump azitabira umukino uzahuza Chelsea na PSG

Donald Trump azitabira umukino uzahuza Chelsea na PSG

 Jul 10, 2025 - 09:52

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeje ko azaba ari umwe mu bantu basaga ibihumbi 82,500 bazaba bitabiriye umukino wa nyuma w'igikombe cy'isi cy'amakipe uzabera muri Leta ya New Jersey ku wa 13 Nyakanga 2025, Trump yabitangaje ku wa Kabiri.

kwamamaza

Uyu mukino wa nyuma w'Igikombe cy’Isi cy’Amakipe 2025 uzahuza ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza ndetse na Paris Sante Germain yo mu Bufaransa kuri iki cyumweru tariki ya 13 Nyakanga 2025 ukazabera muri sitade ya Metlife yakira abantu ibihumbi 82,500, iyi n'imwe mu masitade yakiniweho imwe mu mikino itandukanye harimo n'uwahuje Real Madrid na PSG.

Aya makipe azahura y'ishakamo ikipe imwe igomba kwegukana iki gikombe mu gihe ayitabiriye yose ari amakipe 32, cyabaye umwanya mwiza wo kwitegura igikombe cy’Isi cy’Ibihugu kizakirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique aho cyo kizahuza amakipe 48 kandi umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi cy'ibihugu cya 2026 na wo uzabera kuri iyi stade ya Metlife.

Trump yatangaje ibi nyuma yaho azwiho kutitabira imikino myinshi y'umupira w'amaguru.

Yanditswe na Darius Shumbusho

kwamamaza