MU Rwanda
Rutsiro: Hari ababyeshuli baterwa indwara n’amafunguro...
Hari abanyeshuri bataka kugirwaho ingaruka zirimo uburwayi bwo mu nda kubera gufata amafunguro atujuje ubuziranenge. Ubuyobozi bw’akarere...
Kigali - Mageragere: Amaso yaheze mu kirere ku ikorwa rya...
Mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Mageragere, hari abaturage bavuga ko bahangayikishijwe na ruhurura iri kubashyira mu manegeka...
RIB yagaragaje abakekwaho kwiyandikishaho ubutaka bw’abandi
Nyuma yuko hagaragaye abantu bari mu mugambi ndetse n’ibikorwa byo kwiyandikishaho ubutaka butari ubwabo barangiza bakabugurisha mu...
Rubavu: barashija abahahira ibigo guhaha ibiteza abanyeshuli...
Hari abacuruzi n’abakora mu bubiko bw’imyaka yiganjemo igemurwa mu bigo by’amashuri bashinja abahahira ibigo kwishakira ibya make...
Nyanza: Babangamiwe n’ikimoteri cy’imyanda kiri hafi yaho...
Abatuye mu Murenge wa Busasamana baravuga ko babangamiwe n'ikimoteri kimenwamo imyanda kiri hafi y'abaturage kuko kibateza umunuko...
Ngoma: Bahangayikishijwe n’ubujura bw’amatungo no gupfumura...
Abatuye mu murenge wa Zaza wo mu karere ka Ngoma bahangayikishijwe n'ubujura buhakorerwa. Bavuga ko bibwa amatungo ndetse n'inzu zabo...
Umusanzu w'ubwiteganyirize bw'izabukuru wakubwe kabiri...
Mu gihe leta y’u Rwanda yafashe umwanzuro wo kuzamura umusanzu w’ubwiteganyirize bw’izabukuru ukava kuri 6% ugashyirwa kuri 12% guhera...
Abahinzi baratabaza leta kubashakira umuti w'udusimba tubariria...
Abahinzi batandukanye baratabaza leta gushaka umuti w’udusimba twitwa Mukondo w’inyana turya imyaka yabo ikuma bikabateza ibihombo.
Barasaba ko hari icyakorwa umuco wo gutabarana ukagaruka...
Mu gihe hirya no hino mu Rwanda hakomeje kugaragara ibyaha by'urugomo, hari Abanyarwanda banenga bagenzi babo babashinja guta ubumuntu,...
Umugabo ufite ubumuga bukomatanyije abangamiwe n'abamubuza...
Umugabo ufite ubumuga bwo kutumva no kutavuga utuye mu kagari ka Kageyo ko mu mirenge wa Mwiri avuga ko abangamirwa na mushiki we...
Kiny
Eng
Fr





