MTN Rwanda yashyize ku isoko telefoni igezweho ya Ikosora Plus ihendutse

MTN Rwanda yashyize ku isoko telefoni igezweho ya Ikosora Plus ihendutse

MTN Rwanda yashyize ku isoko Telefone igezweho izwi nka Smart phone ya Ikosora Plus, mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda gukoresha ikoranabuhanga rya interineti ku giciro gito. Iiki gikorwa cyatangirijwe mu karere ka Kirehe,aho minisitiri w'ikoranabuhanga na Innovation yashimye umuhate wa MTN Rwanda mu gufasha Leta kuzamura ibipimo by'abakoresha ikoranabuhanga.

kwamamaza

 

Ubushakashatsi buheruka bw'urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB bwa CRC, bwagaragaje ko abaturage 70% bo mu karere ka Kirehe badasobanukiwe ibijyanye n'ikoranabuhanga na Internet.

Ibi byatumye Minisiteri y'ikoranabuhanga na Innovation ku bufatanye na MTN Rwanda, bafasha abaturage b'aka karere kubona Telefone zigezweho za Ikosora Plus ku giciro kingana n'ibihumbi 20 by'amanyarwanda.

Abaguze izi Telefone barimo Abayobozi n'abaturage, barasobanura icyo zigiye kubafasha mu buzima bwabo.

Umwe yagize ati: “nk’umuyobozi w’umudugudu byambangamiraga igihe nashakaga gutanga raporo nk’uko bisabwa. Nakoreshaga inama kuko ubundi ari byiza kuyikoresha, ugafotora, ugatanga raporo. Nk’ikoranabuhanga, ntabyo nabashaga gukora kubera ko nta telefoni y’ikoranabuhanga narimfite.”

“ rero igiye kumfasha kumenya amakuru y’ahandi hirya no hino, imfashe gutanga raporo….”

Undi bati: “ cyane cyane mu buhinzi kubera ko tuba mu makoperative, kugira ngo nzajye gufata ifumbire byansabaga umuntu ufite iyi telefoni. Ninchatinga  bizatuma menya amakuru….”

Mapula Bodibe; Umuyobozi mukuru wa MTN Rwanda, avuga ko icyatumye MTN ishyira imbaraga muri gahunda ya connect Rwanda II ifasha abaturage kubona Telefone zigezweho ku giciro gito, ari ukugira ngo bafashe buri munyarwanda gukoresha ikoranabuhanga.

Avuga ko abatazabasha kubona ibihumbi 20 icya rimwe, bazafashwa binyuze muri gahunda ya make make.

Ati"Dufite intumbero nini yo kugera ku bakiriya basaga miliyoni binyuze mu kubafasha gutunga telefone za Ikosora Plus, aho twifuza ko buri muturage mu Rwanda abasha kubona interinete byoroshye. Abatazabasha kwigondera iyo Telefone, dufite igisubizo binyuze mu kubafasha kuzibona muri gahunda ya make make".

Minisitiri w'ikoranabuhanga na innovation, Ingabire Paula,ashima MTN Rwanda ku muhate wayo mu gufasha Leta kuzamura igipimo cy'abakoresha ikoranabuhanga,ibinyujije mu gutuma Abaturarwanda babona Telefone zigezweho ku giciro gito kiboroheye,ibyo bikazabafasha kwiga ikoranabuhanga bafite n'ibikoresho bifashisha.

Ati” igikorwa MTN yatangije uyu munsi nacyo kijyanye no kuba bashoboza abaturage b’u Rwanda kubona telefoni zihendutse. Rero ni ibintu bishimishije kuko nk’aha twabihereye muri Kirehe ni tumwe mu turere iyi turebye imibare y’abantu bafite telephone zigezweho, zigendanwa arizo za smartphone, Kirehe na Ngoma ni tumwe mu turere dufite imibare iri hasi cyane. Rero niyo mpamvu twifuje kuba twatangira iki gikorwa hyano.”

“ni ibintu byo kwishimira kuko ntabwo wakwigisha umuntu ubumenyi bw’ikoranabuhanga adafite icyo gikoresho. Icya mbere ni uko agira icyo gikoresho noneho bwa bumenyi wamwigishije akabasha kubwifashisha, natwe akaba yakwihugura ku giti cye adashatse umuntu wamwigisha.”

Iyi Telefone ya Ikosora Plus yazanwe na MTN Rwanda, iri kugurwa n’umukiriya ibihumbi  20 by'amanyarwanda, ubwo agashyiramo amafaranga 1000, maze agahabwa iminota 100 yo guhamagara ndetse na SMS 100 bikoreshwa mu minsi 30.

Ariko by'umwihariko, anahabwa na GB imwe buri munsi,mu gihe kingana n'iminsi 30.

Abakiriya bari gusanga izo Telefone ku kicaro cya MTN kibegereye ndetse n'amaduka yayo.

@ Djamali Habarurema/Isango Star-Iburasirazuba

 

kwamamaza

  • uwineza solange
    uwineza solange
    izo telehpone turazisha ka cyn ninziza
    4 months ago Reply  Like (1)
MTN Rwanda yashyize ku isoko telefoni igezweho ya Ikosora Plus ihendutse

MTN Rwanda yashyize ku isoko telefoni igezweho ya Ikosora Plus ihendutse

 Mar 15, 2024 - 13:07

MTN Rwanda yashyize ku isoko Telefone igezweho izwi nka Smart phone ya Ikosora Plus, mu rwego rwo gufasha Abaturarwanda gukoresha ikoranabuhanga rya interineti ku giciro gito. Iiki gikorwa cyatangirijwe mu karere ka Kirehe,aho minisitiri w'ikoranabuhanga na Innovation yashimye umuhate wa MTN Rwanda mu gufasha Leta kuzamura ibipimo by'abakoresha ikoranabuhanga.

kwamamaza

Ubushakashatsi buheruka bw'urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB bwa CRC, bwagaragaje ko abaturage 70% bo mu karere ka Kirehe badasobanukiwe ibijyanye n'ikoranabuhanga na Internet.

Ibi byatumye Minisiteri y'ikoranabuhanga na Innovation ku bufatanye na MTN Rwanda, bafasha abaturage b'aka karere kubona Telefone zigezweho za Ikosora Plus ku giciro kingana n'ibihumbi 20 by'amanyarwanda.

Abaguze izi Telefone barimo Abayobozi n'abaturage, barasobanura icyo zigiye kubafasha mu buzima bwabo.

Umwe yagize ati: “nk’umuyobozi w’umudugudu byambangamiraga igihe nashakaga gutanga raporo nk’uko bisabwa. Nakoreshaga inama kuko ubundi ari byiza kuyikoresha, ugafotora, ugatanga raporo. Nk’ikoranabuhanga, ntabyo nabashaga gukora kubera ko nta telefoni y’ikoranabuhanga narimfite.”

“ rero igiye kumfasha kumenya amakuru y’ahandi hirya no hino, imfashe gutanga raporo….”

Undi bati: “ cyane cyane mu buhinzi kubera ko tuba mu makoperative, kugira ngo nzajye gufata ifumbire byansabaga umuntu ufite iyi telefoni. Ninchatinga  bizatuma menya amakuru….”

Mapula Bodibe; Umuyobozi mukuru wa MTN Rwanda, avuga ko icyatumye MTN ishyira imbaraga muri gahunda ya connect Rwanda II ifasha abaturage kubona Telefone zigezweho ku giciro gito, ari ukugira ngo bafashe buri munyarwanda gukoresha ikoranabuhanga.

Avuga ko abatazabasha kubona ibihumbi 20 icya rimwe, bazafashwa binyuze muri gahunda ya make make.

Ati"Dufite intumbero nini yo kugera ku bakiriya basaga miliyoni binyuze mu kubafasha gutunga telefone za Ikosora Plus, aho twifuza ko buri muturage mu Rwanda abasha kubona interinete byoroshye. Abatazabasha kwigondera iyo Telefone, dufite igisubizo binyuze mu kubafasha kuzibona muri gahunda ya make make".

Minisitiri w'ikoranabuhanga na innovation, Ingabire Paula,ashima MTN Rwanda ku muhate wayo mu gufasha Leta kuzamura igipimo cy'abakoresha ikoranabuhanga,ibinyujije mu gutuma Abaturarwanda babona Telefone zigezweho ku giciro gito kiboroheye,ibyo bikazabafasha kwiga ikoranabuhanga bafite n'ibikoresho bifashisha.

Ati” igikorwa MTN yatangije uyu munsi nacyo kijyanye no kuba bashoboza abaturage b’u Rwanda kubona telefoni zihendutse. Rero ni ibintu bishimishije kuko nk’aha twabihereye muri Kirehe ni tumwe mu turere iyi turebye imibare y’abantu bafite telephone zigezweho, zigendanwa arizo za smartphone, Kirehe na Ngoma ni tumwe mu turere dufite imibare iri hasi cyane. Rero niyo mpamvu twifuje kuba twatangira iki gikorwa hyano.”

“ni ibintu byo kwishimira kuko ntabwo wakwigisha umuntu ubumenyi bw’ikoranabuhanga adafite icyo gikoresho. Icya mbere ni uko agira icyo gikoresho noneho bwa bumenyi wamwigishije akabasha kubwifashisha, natwe akaba yakwihugura ku giti cye adashatse umuntu wamwigisha.”

Iyi Telefone ya Ikosora Plus yazanwe na MTN Rwanda, iri kugurwa n’umukiriya ibihumbi  20 by'amanyarwanda, ubwo agashyiramo amafaranga 1000, maze agahabwa iminota 100 yo guhamagara ndetse na SMS 100 bikoreshwa mu minsi 30.

Ariko by'umwihariko, anahabwa na GB imwe buri munsi,mu gihe kingana n'iminsi 30.

Abakiriya bari gusanga izo Telefone ku kicaro cya MTN kibegereye ndetse n'amaduka yayo.

@ Djamali Habarurema/Isango Star-Iburasirazuba

kwamamaza

  • uwineza solange
    uwineza solange
    izo telehpone turazisha ka cyn ninziza
    4 months ago Reply  Like (1)