
Huye -Kigoma: Barasaba amahugurwa n'ibikoresho bibafasha gusazura ikawa
Aug 15, 2024 - 14:23
Abahinzi ba Kawa baravuga bagihura n'imbogamizi zinyanye n'ubumenyi buke ndetse n'ibikoresho bike mu gusazura kawa yabo ishaje. Mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n'ubworozi (NEB) bavuga ko nta mpungenge bakwiye kugira kuko hatangijwe ubukangurambaga ku gusazura kawa.
kwamamaza
Ubwo bukangurambaga buzajyana no kubafasha kubikora kandi bakazakomeza kwitabwaho bakurirwaho imbogamizi zose baba bafite.
Gusa ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko butazigera bukorana n’umuhinzi ku giti cye, ahubwo bakwiye kugana amashyirahamwe y’abahinga kawa.
@Rukundo Emmanuel /Isango Star-Amajyepfo.
kwamamaza
Kiny
Eng
Fr


