Finlande igiye gushaka uko yakwinjira muri NATO itisunze Suede.

Finlande igiye gushaka uko yakwinjira muri NATO itisunze Suede.

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga was Finlande yavuze ko igihugu cye gikwiye gutangira gitekereza uko cyakwinjira muri NATO kitari kumwe n'umuturanyi Suéde. Ni nyuma yaho Perezida Erdogan was Turkey yangiye guha itara ry'icyatsi Suéde. Icyakora iyi minisiteri ivuga ko hakiri kare gutekereza ibyo.

kwamamaza

 

Gukomeza gushyira itara ritukura kwa Ankara imbere ya Finland na Suéde mu kwinjira muri NATO, Ni kimwe mubyatumye Helsinki atekereza , nubwo avuga ko hakiri Kare guhindura uruhande.

Ku wa kabiri tariki ya 24 Mutarama, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wavuze ko Finlande igomba gutekereza ku kuba umunyamuryango wa NATO idafatanyije na Suéde.

Ni ku nshuro ya mbere minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Finlande itangaje ibi, nyuma yaho Perezida wa Turkiya, Erdogan, yanze gutanga itara ry'icyatsi kibisi kuri Suéde.

Yabuze ko kuba ibi bihugu byombi byo mu majyaruguru y'Uburayi bwakwiyunga kuri NATO aribyo bikiri imbere ariko bagomba gusuzuma uko ibintu bimeze, nyuma y'uko Suéde ihuye n'imbogamizi.

Yabuze ko iko gihugu cyahuye n'ibituma kitabasha gitera imbere  ariko hakiri Kare kuba hahindurwa uruhande, nk'uko byatangaje n'umidopolomate Pekka Haavisto, 

Gutwika Korowani kw'abigaragambyaga ku wa gatandatu, ku ya 21 Mutarama, nyuma y'imyigaragambyo yemewe na Leta yabereye imbere ya Ambassade ya Turkey muri Suéde, byarakaje Ankara ndetse n'abayisilamu muri rusange. 

Ibi byaje Kandi nyuma y'amashusho yakwirakwijwe n'abayoboke b'aba-kurde baba muri Suéde agaragaza Perezida Erdogan amanitwe mu mugozi acuramye, Ambassaderi wa Suéde muri Turkey asabwa ibisobanuro.

Ibi byose Kandi byatumye ku wa mbere ku ya 23 Mutarama, Perezida Erdogan wa Turkey yatangaje ko igihugu cya Suéde cyirengagihe ubufasha bwa Ankara kugira ngo yinjire muri OTAN.

Kuri uyu wa kabiri, Pekka Haavisto yinubiye ko iyi myigaragambyo avuga ko ari inzitizi ku bakandida bifuza kwinjira muri NATO ndetse abigaragambyaga bakinaga n'umutekano wa Finlande na Suéde.

Yagize ati:"Umwanzuro wanjye bwite ni uko hazabaho gutinda gutanga ibara ry'icyatsi kuri Turkey, bikazakomeza kugeza igihe cy'amatora yo hagati muri Gicurasi".

Uburenganzira bwa véto bwa Ankara

Bitandukanye n'ikibazo cya Suède, Turkey yatangaje ko mu mezi ashize nta nzitizi zikomeye zihari zabuza Finlande kwinjira muri OTAN.

Nk'ibindi bihugu binyamuryango uko Ari 30, Leta ya Ankara ufite uburenganzira bwo kwemeza ko igihuru runaka cyakwinjira muri OTAN kikaba umunyamuryango mushya, hashingiwe ku burenganzira bwa 'Véto' biri gihugu [ kimwe na Turkey] gifite.

Kugeza ubu, Helsinki,  ntiyigeze itekereza ku kuba yakwinjira muri NATO isize Suéde nk'igihugu cy'igituranyi cya hafi cyane kuko harimo ibyiza byinshi.

Muri Gicurasi(05) ishize, ibi bihugu byombi byo mu majyaruguru byashyikirije umunsi umwe kandidatire yabyo ku cyicaro gikuru cya NATO i Bruxelles, bitewe n'uburyo Uburusiya bwagabye igitero kuri Ukraine, nyuma y'imyaka ibarirwa muri za mirongo bivuye mu bufatanye mu bya gisirikari.

Muri Kamena i Madrid hasinywe amasezerano y’ubwumvikane na Turkey, ariko ishinja cyane Suéde kuba indiri y'aba-kurde ifata nk'umutwe w'iterabwoba, Kandi Suéde idashyiramo imbaraga zihagije kugira ngo ibyo ifata nk'imbogamizi bikemuke.

Nimugihe ibi bihugu byemererwe kwinjira muri NATO, Ari uko ibihugu binyamuryango byose birimo na Turkey bibyemeje.

 

kwamamaza

Finlande igiye gushaka uko yakwinjira muri NATO itisunze Suede.

Finlande igiye gushaka uko yakwinjira muri NATO itisunze Suede.

 Jan 24, 2023 - 13:35

Minisitiri w'ububanyi n'amahanga was Finlande yavuze ko igihugu cye gikwiye gutangira gitekereza uko cyakwinjira muri NATO kitari kumwe n'umuturanyi Suéde. Ni nyuma yaho Perezida Erdogan was Turkey yangiye guha itara ry'icyatsi Suéde. Icyakora iyi minisiteri ivuga ko hakiri kare gutekereza ibyo.

kwamamaza

Gukomeza gushyira itara ritukura kwa Ankara imbere ya Finland na Suéde mu kwinjira muri NATO, Ni kimwe mubyatumye Helsinki atekereza , nubwo avuga ko hakiri Kare guhindura uruhande.

Ku wa kabiri tariki ya 24 Mutarama, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wavuze ko Finlande igomba gutekereza ku kuba umunyamuryango wa NATO idafatanyije na Suéde.

Ni ku nshuro ya mbere minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Finlande itangaje ibi, nyuma yaho Perezida wa Turkiya, Erdogan, yanze gutanga itara ry'icyatsi kibisi kuri Suéde.

Yabuze ko kuba ibi bihugu byombi byo mu majyaruguru y'Uburayi bwakwiyunga kuri NATO aribyo bikiri imbere ariko bagomba gusuzuma uko ibintu bimeze, nyuma y'uko Suéde ihuye n'imbogamizi.

Yabuze ko iko gihugu cyahuye n'ibituma kitabasha gitera imbere  ariko hakiri Kare kuba hahindurwa uruhande, nk'uko byatangaje n'umidopolomate Pekka Haavisto, 

Gutwika Korowani kw'abigaragambyaga ku wa gatandatu, ku ya 21 Mutarama, nyuma y'imyigaragambyo yemewe na Leta yabereye imbere ya Ambassade ya Turkey muri Suéde, byarakaje Ankara ndetse n'abayisilamu muri rusange. 

Ibi byaje Kandi nyuma y'amashusho yakwirakwijwe n'abayoboke b'aba-kurde baba muri Suéde agaragaza Perezida Erdogan amanitwe mu mugozi acuramye, Ambassaderi wa Suéde muri Turkey asabwa ibisobanuro.

Ibi byose Kandi byatumye ku wa mbere ku ya 23 Mutarama, Perezida Erdogan wa Turkey yatangaje ko igihugu cya Suéde cyirengagihe ubufasha bwa Ankara kugira ngo yinjire muri OTAN.

Kuri uyu wa kabiri, Pekka Haavisto yinubiye ko iyi myigaragambyo avuga ko ari inzitizi ku bakandida bifuza kwinjira muri NATO ndetse abigaragambyaga bakinaga n'umutekano wa Finlande na Suéde.

Yagize ati:"Umwanzuro wanjye bwite ni uko hazabaho gutinda gutanga ibara ry'icyatsi kuri Turkey, bikazakomeza kugeza igihe cy'amatora yo hagati muri Gicurasi".

Uburenganzira bwa véto bwa Ankara

Bitandukanye n'ikibazo cya Suède, Turkey yatangaje ko mu mezi ashize nta nzitizi zikomeye zihari zabuza Finlande kwinjira muri OTAN.

Nk'ibindi bihugu binyamuryango uko Ari 30, Leta ya Ankara ufite uburenganzira bwo kwemeza ko igihuru runaka cyakwinjira muri OTAN kikaba umunyamuryango mushya, hashingiwe ku burenganzira bwa 'Véto' biri gihugu [ kimwe na Turkey] gifite.

Kugeza ubu, Helsinki,  ntiyigeze itekereza ku kuba yakwinjira muri NATO isize Suéde nk'igihugu cy'igituranyi cya hafi cyane kuko harimo ibyiza byinshi.

Muri Gicurasi(05) ishize, ibi bihugu byombi byo mu majyaruguru byashyikirije umunsi umwe kandidatire yabyo ku cyicaro gikuru cya NATO i Bruxelles, bitewe n'uburyo Uburusiya bwagabye igitero kuri Ukraine, nyuma y'imyaka ibarirwa muri za mirongo bivuye mu bufatanye mu bya gisirikari.

Muri Kamena i Madrid hasinywe amasezerano y’ubwumvikane na Turkey, ariko ishinja cyane Suéde kuba indiri y'aba-kurde ifata nk'umutwe w'iterabwoba, Kandi Suéde idashyiramo imbaraga zihagije kugira ngo ibyo ifata nk'imbogamizi bikemuke.

Nimugihe ibi bihugu byemererwe kwinjira muri NATO, Ari uko ibihugu binyamuryango byose birimo na Turkey bibyemeje.

kwamamaza