Amakuru
Ruhango: kutagira amazi ku kigo nderabuzima cya Gishweru...
Abivuriza ku Kigo Nderabuzima cya Gishweru baravuga ko aho u Rwanda rugeze mu iterambere batagakwiye kuba bagifite ikigo nderabuzima...
Kigali: Ababyeyi barasaba irerero kuri buri biro by'akarere
Abarerera mu rugo mbonezamikurire mu mujyi wa Kigali barasaba ubuyobozi bw’umujyi gutekereza no kutundi turere tugize umugi wa Kigali...
Gukeburana byasimbuwe na ntiteranya, hari ababibona ukundi
Mu gihe umuco w’abanyarwanda wemerera buri wese ugize nabi kugororwa binyuze mu bantu bari hafi ye ibyo twakita gukeburana, hari abavuga...
Canal+ yafashije abana 28 n'imiryango yabo kubona ibyo...
Ku nshuro ya 4 sosiyete icuruza amashusho Canal+ Rwanda yafashije abana baturuka mu miryango itishoboye ibaha ibikoresho byo ku ishuri,...
Nyamagabe: Barasaba ko kubaka iteme ryo ku mugezi wa Mwogo...
Abakoresha umuhanda Kaduha-Gitwe muri Ruhango barasaba ko imirimo yo kubaka iteme ryo ku mugezi wa Mwogo yakwihutishwa, igihe cy'imvura...
Benin: Abagabo batatu bakekwaho gucura umugambi wo gukora...
Abagabo batatu bo muri Bénin barimo uwahoze ari minisitiri n'umugabo ushinzwe umutekano wa Perezida Patrice Talon, batawe muri yombi...
Kirehe: ikibazo cy’abamaze imyaka 8 basiragira ku ngurane...
Hari abaturage bo mu kagari ka Nyagasenyi ko mur’aka karere bavuga ko bamaze imyaka umunani basiragira inyuma y’ingurane z’imitungo...
Hari abavuga ko pharmacy zibafasha kuboneza urubyaro ariko...
Mu gihe inzu zicururizwamo imiti zizwi nka farumasi zikomeje kuganwa na benshi mu banyarwanda baziyambaza bazishakiramo imiti y’indwara...
Ibikubiye mu gatabo k'ingengo y'imari ntibisobanurirwa...
Mu gihe Minisiteri y’imari n’igenamigambi ivuga ko imaze imyaka irenga 20 isohora ibitabo bikubiyemo ibisobanuro ku ngengo y’imari...
MUSANZE: Barataka kurogwa amavunja akagera no mu myanya...
Hari umuryango w'abantu 7 wavuye mu murenge wa Nkotsi ukimukira muwa Muko, mu kagali ka Cyogo, uravuga ko warozwe amavunja kuko aho...
Kiny
Eng
Fr





