
Gutemerwa amatungo n’imyaka bikomeje guhangayikisha abatuye Kinigi na Musanze
Aug 11, 2025 - 12:50
Abatuye mu mirenge ya Musanze na Kinigi yo mu karere ka Musanze, mu majyaruguru y’u Rwanda , baravuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’urugomo rukabije rwo gutema amatunga n'imyaka rukomeje kwiyongera.
kwamamaza
Mu minsi ishize, mu bice bitandukanye by’iyi mirenge nibwo hakunze kugaragara abatemerwa inka n’imyaka ariko bakabisiga aho.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’amajyaruguru yatangaje ko hari abantu bakekwaho gukora ibi bikorwa by’ubugizi bwa nabi, harimo n’abaratorotse igihugu.
Gusa ivuga ko iri gukorana n’inzego z’ibihugu by’amahanga kugira ngo bakurikiranwe, baryozwe ibyaha bakoze.





@ Bizimana Emmanuel/ Isango Star-Musanze
kwamamaza
Kiny
Eng
Fr


