MU Rwanda
Bimwe mu bigo by’abikorera bigora abiga tekinike, imyuga...
Abiga tekinike imyuga n’ubumenyingiro baravuga ko babangamiwe nuko hari bimwe mu bigo by’abikorera bibagora ku bijyanye no kubaha...
Musanze: babangamiwe n’inganda ziconga amabuye ziri mu...
Hari abaturage batuye mu Murenge wa Kimonyi bavuga ko batangiye kugerwaho n’ingaruka zirimo no gupfa amatwi baterwa n’inganda ziconga...
Burera: bemeza ko kureka kanyanga bigoranye kuko ari mu...
Nubwo abatuye mu murenge wa Cyanika basabwa kureka burundu ikiyobyabwenge cya Kanyanga, hari n’abavuga ko bigoye kuko ari nko mu...
Gutinda no kwihutishwa kw’imanza mu nkiko ni ikimenyetso...
Hari abavuga ko kuba hari ubwo imanza zimwe zitinda mu nkiko, izindi zikihutishwa, hari ubwo haba harimo ruswa. Bavuga ko bituma hanabaho...
" Duturiye I Kivu ariko amafi ntatugeraho" abatuye ibice...
Mu gihe leta y'u Rwanda ifite intego yo kuzamura ingano y 'amafi aribwa n'abaturage, abatuye mu bice by'ibyaro barasaba inzego bireba...
Ngoma: Kugurirwa umuriro bituma abacururiza mu isoko rya...
Abacururiza mu isoko rya Ngoma riherereye mu karere ka Ngoma baravuga ko bamara iminsi itatu bacururiza mu kizima kuko abashinzwe...
Barinubira kwibwa, n'abajura nuko bagahita bafungurwa
Hari abagaragaza ko bazengerejwe n’abajura kandi hari ubwo bafatwa bakajyanwa gufungwa ariko bwacya bakagaruka. Abo bavuga ko bibatera...
Nyarugenge: nubwo bishyura amafaranga y’isuku, barembejwe...
Hari abaturage bo mu murenge wa Kimisagara wo mu karere ka Nyarugenge bavuga ko nubwo bishyura umusanzu w’isuku, hashize amezi abiri...
Nyagatare: Barishimira uko bafashijwe gukora ubworozi...
Abaturage barishimira ko bafashijwe no gukora ubworozi bw’amafi bubaha inyungu, ndetse banagira umuco wo kuyarya. Nimugihe Minisiteri...
Abiga amasomo ya tekiniki, imyuga n’ubumenyingiro baracyabangamiwe
Abiga mu bigo byigisha tekinike, imyuga n’ubumenyingiro mu Rwanda baravuga ko bakibangamiwe na bamwe mu bagisuzugura abiga ay’amasomo....
Kiny
Eng
Fr





