Umushinjacyaha yabujijwe kugenzura gereza iteye rubanda impungenge

Umushinjacyaha yabujijwe kugenzura gereza iteye rubanda impungenge

Umuyobozi bwa polisi muri Luena, muri Repubulika ihaanira demokarasi ya Congo, bwabujije umushinjacyaha kugenzura gereza, nyuma y'uko hashyizwe amajwi ko hakorerwa ibikorwa bibangamira uburenganzira bwa muntu. 

kwamamaza

 

Iki gikorwa cyafashwe nk'ikidasanzwe cyabaye mu mpera z'icyumweru gishize, ku wa 28 Ugushyingo (11), i Luena mu Ntara ya Haut-Lomami habaye igikorwa kidasanzwe ubwo umushinjacyaha wa Repubulika, uyobora by'agateganyo akarere ka Bukama, yabujijwe  na polisi kwinjira muri gerereza yaho.

Nk’uko abaharanira uburenganzira bwa muntu bo muri Luena babivuga, umushinjacyaha yari agamije gukora igenzura ku buryo imfungwa zifatwa n'icyo bafungirwa, ariko yahagaritswe n’umuyobozi wa polisi wari ushinzwe aho hantu. Mu gihe cy’akanya gato, uyu muyobozi wa polisi yategetse ko impfungwa zose zirekurwa, biteza impaka.

Abaharanira uburenganzira bwa muntu batangaje ko ibyakozwe ari icyaha gikomeye mu guhindura imikorere y’ubutabera kandi basabira ubutabera abasirikare bukurikirana iki kibazo kugira ngo kidasubira.

Radio Okapi yatangaje ko yagerageje kuvugisha uyu muyobozi bwa Polisi kugira ngo bugaruke ku mpamvu yo gukumira ubushinjacyaha ndetse no kurekuba imfungwa ariko ntibyashobora.

 

kwamamaza

Umushinjacyaha yabujijwe kugenzura gereza iteye rubanda impungenge

Umushinjacyaha yabujijwe kugenzura gereza iteye rubanda impungenge

 Dec 1, 2025 - 15:06

Umuyobozi bwa polisi muri Luena, muri Repubulika ihaanira demokarasi ya Congo, bwabujije umushinjacyaha kugenzura gereza, nyuma y'uko hashyizwe amajwi ko hakorerwa ibikorwa bibangamira uburenganzira bwa muntu. 

kwamamaza

Iki gikorwa cyafashwe nk'ikidasanzwe cyabaye mu mpera z'icyumweru gishize, ku wa 28 Ugushyingo (11), i Luena mu Ntara ya Haut-Lomami habaye igikorwa kidasanzwe ubwo umushinjacyaha wa Repubulika, uyobora by'agateganyo akarere ka Bukama, yabujijwe  na polisi kwinjira muri gerereza yaho.

Nk’uko abaharanira uburenganzira bwa muntu bo muri Luena babivuga, umushinjacyaha yari agamije gukora igenzura ku buryo imfungwa zifatwa n'icyo bafungirwa, ariko yahagaritswe n’umuyobozi wa polisi wari ushinzwe aho hantu. Mu gihe cy’akanya gato, uyu muyobozi wa polisi yategetse ko impfungwa zose zirekurwa, biteza impaka.

Abaharanira uburenganzira bwa muntu batangaje ko ibyakozwe ari icyaha gikomeye mu guhindura imikorere y’ubutabera kandi basabira ubutabera abasirikare bukurikirana iki kibazo kugira ngo kidasubira.

Radio Okapi yatangaje ko yagerageje kuvugisha uyu muyobozi bwa Polisi kugira ngo bugaruke ku mpamvu yo gukumira ubushinjacyaha ndetse no kurekuba imfungwa ariko ntibyashobora.

kwamamaza