Umuhanzi Meddy yagize icyo avuga ku makuru y’ikubitwa rye n’uwo yishakiye

Umuhanzi Meddy yagize icyo avuga ku makuru y’ikubitwa rye n’uwo yishakiye

Mu gihe hashije iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana Amakuru yavugaga ko Uyu muhanzi yaba asigaye akubitwa n’umugore we Mimi Mehfira ukomoka muri Ethiopia.

kwamamaza

 

Meddy abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram rukurikirwa n’abarenga ibihumbi 888 yabanje gusa nuwibaza impamvu bamukora ibyo bintu arangije Asaba umugore we Mimi ngo aze asobanure ibyurwo rugomo. 

umugore we nawe atazuyaje yahise amusubiza maze atangira abwira abantu ko akeneye umusemuzi aseka cyane, gusa yongeraho ko abantu bafite igihe ubona ko ubutumwa yabwumvise. 

Ngabo Medard n’umukunzi we Mimi Mehfira ukomoka muri Ethiopia bakoze ubukwe ku wa Gatandatu tariki 22 Gicurasi 2021, bubera i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

 

kwamamaza

Umuhanzi Meddy yagize icyo avuga ku makuru y’ikubitwa rye n’uwo yishakiye

Umuhanzi Meddy yagize icyo avuga ku makuru y’ikubitwa rye n’uwo yishakiye

 Jan 12, 2023 - 08:44

Mu gihe hashije iminsi ku mbuga nkoranyambaga hacicikana Amakuru yavugaga ko Uyu muhanzi yaba asigaye akubitwa n’umugore we Mimi Mehfira ukomoka muri Ethiopia.

kwamamaza

Meddy abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram rukurikirwa n’abarenga ibihumbi 888 yabanje gusa nuwibaza impamvu bamukora ibyo bintu arangije Asaba umugore we Mimi ngo aze asobanure ibyurwo rugomo. 

umugore we nawe atazuyaje yahise amusubiza maze atangira abwira abantu ko akeneye umusemuzi aseka cyane, gusa yongeraho ko abantu bafite igihe ubona ko ubutumwa yabwumvise. 

Ngabo Medard n’umukunzi we Mimi Mehfira ukomoka muri Ethiopia bakoze ubukwe ku wa Gatandatu tariki 22 Gicurasi 2021, bubera i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

kwamamaza