Ubufaransa: Urubuga rw’inteko ishinga amategeko rwafunzwe n’igitero cyagabwe naba hackers bashyigikiye Uburusiya

Ubufaransa: Urubuga rw’inteko ishinga amategeko rwafunzwe n’igitero cyagabwe naba hackers bashyigikiye Uburusiya

Kur’uyu wa mbere, Urubuga rw’Inteko ishinga amategeko y’Ubufaransa rwafunzwe n’igitero cyagabwe n’umutwe w’aba rushimusi w’Uburusiya ‘NoName’ nk’igisubizo cy’ inkunga Ubufaransa bwahaye Ukraine.

kwamamaza

 

Urubuga rw'Inteko rwagaragazaga ko ruri gusanwa, bityo ko nta servise zirimo gutangwa, nk’uko AFP ibitangaza.

Abagabye icyo gitero bashyigikiye Uburusiya biswe NoName057(16) , aho hoherejwe amabaruwa  kugeza aho birenze ubushobozi bwarwo.

Ivan Fontarensky, umuyobozi ushinzwe ibijyanye na tekinike mu kurinda ibitero by’ikoranabuhanga mu kigo cya Thales, yavuze ko iki gitero cyagabwe no ku ku rukuta rwe rwa Telegram, mu rwego rwo kwishyura inkunga Ubufaransa buha Ukraine.

I9bi bibaye mugihe mu Bufaransa hari imyigaragambyo ikomeje kwamagana itegeko ryongera imyaka ya pansiyo, ikava kuri 62 ikajya kuri 64, Umusinga Perezida Macron yemeje bitamyuje mu nteko ishingamategeko nk’uko byari byitezwe.

 

kwamamaza

Ubufaransa: Urubuga rw’inteko ishinga amategeko rwafunzwe n’igitero cyagabwe naba hackers bashyigikiye Uburusiya

Ubufaransa: Urubuga rw’inteko ishinga amategeko rwafunzwe n’igitero cyagabwe naba hackers bashyigikiye Uburusiya

 Mar 27, 2023 - 17:25

Kur’uyu wa mbere, Urubuga rw’Inteko ishinga amategeko y’Ubufaransa rwafunzwe n’igitero cyagabwe n’umutwe w’aba rushimusi w’Uburusiya ‘NoName’ nk’igisubizo cy’ inkunga Ubufaransa bwahaye Ukraine.

kwamamaza

Urubuga rw'Inteko rwagaragazaga ko ruri gusanwa, bityo ko nta servise zirimo gutangwa, nk’uko AFP ibitangaza.

Abagabye icyo gitero bashyigikiye Uburusiya biswe NoName057(16) , aho hoherejwe amabaruwa  kugeza aho birenze ubushobozi bwarwo.

Ivan Fontarensky, umuyobozi ushinzwe ibijyanye na tekinike mu kurinda ibitero by’ikoranabuhanga mu kigo cya Thales, yavuze ko iki gitero cyagabwe no ku ku rukuta rwe rwa Telegram, mu rwego rwo kwishyura inkunga Ubufaransa buha Ukraine.

I9bi bibaye mugihe mu Bufaransa hari imyigaragambyo ikomeje kwamagana itegeko ryongera imyaka ya pansiyo, ikava kuri 62 ikajya kuri 64, Umusinga Perezida Macron yemeje bitamyuje mu nteko ishingamategeko nk’uko byari byitezwe.

kwamamaza