Kalisa Adolphe ’Camarade’ yemejwe nk’umunyamabanga Mukuru mushya wa Ferwafa

Kalisa Adolphe ’Camarade’ yemejwe nk’umunyamabanga Mukuru mushya wa Ferwafa

Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Kanama 2023, ni yemeje Camarade nk’Umunyamabanga Mukuru wayo. Ni umwanyabyagiye asimbuye Jules Karangwa warumaze igihe awuriho by'agateganyo.

kwamamaza

 

Kalisa si mushya muri ruhago y’u Rwanda kuko yabaye Umunyamabanga Mukuru wa APR FC ndetse kuri ubu yari akuriye Komisiyo y’Amatora muri FERWAFA.

Umwanya w’Ubunyamabanga bukuru buhoraho ni wo waburaga kugira ngo Komite Nyobozi ya FERWAFA, iyobowe na Munyantwali Alphonse kuva ku italiki 24 Kamena (06) 2023, yuzure. Uyu muyobozi yafashe intebe ayisimbuyeho Nizeyimana Mugabo Olivier weguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite.

Kalisa [Camarade] yasimbuye Karangwa Jules wari Umunyamabanga w’Agateganyo n’Umuvugizi wa FERWAFA guhera muri Mata (04) 2023; umwanya yagiyeho asimbuye Muhire Henry Brulart wasezeye kuri izi nshingano.

@Gakunzi Blaise/Isango Star.

 

kwamamaza

Kalisa Adolphe ’Camarade’ yemejwe nk’umunyamabanga Mukuru mushya wa Ferwafa

Kalisa Adolphe ’Camarade’ yemejwe nk’umunyamabanga Mukuru mushya wa Ferwafa

 Aug 7, 2023 - 23:18

Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Kanama 2023, ni yemeje Camarade nk’Umunyamabanga Mukuru wayo. Ni umwanyabyagiye asimbuye Jules Karangwa warumaze igihe awuriho by'agateganyo.

kwamamaza

Kalisa si mushya muri ruhago y’u Rwanda kuko yabaye Umunyamabanga Mukuru wa APR FC ndetse kuri ubu yari akuriye Komisiyo y’Amatora muri FERWAFA.

Umwanya w’Ubunyamabanga bukuru buhoraho ni wo waburaga kugira ngo Komite Nyobozi ya FERWAFA, iyobowe na Munyantwali Alphonse kuva ku italiki 24 Kamena (06) 2023, yuzure. Uyu muyobozi yafashe intebe ayisimbuyeho Nizeyimana Mugabo Olivier weguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite.

Kalisa [Camarade] yasimbuye Karangwa Jules wari Umunyamabanga w’Agateganyo n’Umuvugizi wa FERWAFA guhera muri Mata (04) 2023; umwanya yagiyeho asimbuye Muhire Henry Brulart wasezeye kuri izi nshingano.

@Gakunzi Blaise/Isango Star.

kwamamaza