Ibikugu 7 bikize ku isi bigiye gukumira inyungu y’Uburusiya mu ntambara ya Ukraine.

Ibikugu 7 bikize ku isi bigiye gukumira inyungu y’Uburusiya   mu ntambara ya Ukraine.

Ibihugu birindwi bya mbere bikize ku isi (G7) byumvikanye ko bigiye gukumira Uburusiya ntibwungukire mu ntambara ya Ukraine. Ibi byagezweho mu nama yahuze abaminisitiri b’ubucuruzi bo mur’ibi bihugu bahuye kur’uyu wa kane, 15 Nzeri(9) mu Budage.

kwamamaza

 

Aba baminisitiri bemeje ko bagiye kongera imbaraga bashyira igitutu ku Burusiya kugira ngo iki gihugu kibure ubushobozi bwo gukomeza intambara muri Ukraine.

 Mu itangazo ryashyizwe ahagaragaranyuma y’inama yabahuriye muri Neuhardenberg mu Budage, rivuga ko “  Tuzakomeza kandi kwagura ibikorwa byacu bihuriweho kugira ngo Uburusiya butungukira mu bitero bitemewe n'amategeko ndetse no kugabanya ubushobozi bwo gukomeza intambara".

Si ubwa mbere umwanzuro nk'uyu ufashwe n'ibi bihugu biyobowe na Leta zunze ubumwe bw'Amerika, byumvikana kuba byabuza Uburusiya kubona amafaranga nk'uburyo bwatuma butabona ubushobozi bwo gukomeza intambara ya Ukraine.

Kugeza ubu, amakuru avuga ko Uburusiya bukomeje guhomba byinshi nubwo n'ibihugu byo mu Burengerazuba bw'isi bikomeje guhangana n'ikibazo cy'izamuka ry'ibiciro ndetse n'ibura ry'ibikomoka kuri peteroli na gaz.

 

kwamamaza

Ibikugu 7 bikize ku isi bigiye gukumira inyungu y’Uburusiya   mu ntambara ya Ukraine.

Ibikugu 7 bikize ku isi bigiye gukumira inyungu y’Uburusiya mu ntambara ya Ukraine.

 Sep 15, 2022 - 17:22

Ibihugu birindwi bya mbere bikize ku isi (G7) byumvikanye ko bigiye gukumira Uburusiya ntibwungukire mu ntambara ya Ukraine. Ibi byagezweho mu nama yahuze abaminisitiri b’ubucuruzi bo mur’ibi bihugu bahuye kur’uyu wa kane, 15 Nzeri(9) mu Budage.

kwamamaza

Aba baminisitiri bemeje ko bagiye kongera imbaraga bashyira igitutu ku Burusiya kugira ngo iki gihugu kibure ubushobozi bwo gukomeza intambara muri Ukraine.

 Mu itangazo ryashyizwe ahagaragaranyuma y’inama yabahuriye muri Neuhardenberg mu Budage, rivuga ko “  Tuzakomeza kandi kwagura ibikorwa byacu bihuriweho kugira ngo Uburusiya butungukira mu bitero bitemewe n'amategeko ndetse no kugabanya ubushobozi bwo gukomeza intambara".

Si ubwa mbere umwanzuro nk'uyu ufashwe n'ibi bihugu biyobowe na Leta zunze ubumwe bw'Amerika, byumvikana kuba byabuza Uburusiya kubona amafaranga nk'uburyo bwatuma butabona ubushobozi bwo gukomeza intambara ya Ukraine.

Kugeza ubu, amakuru avuga ko Uburusiya bukomeje guhomba byinshi nubwo n'ibihugu byo mu Burengerazuba bw'isi bikomeje guhangana n'ikibazo cy'izamuka ry'ibiciro ndetse n'ibura ry'ibikomoka kuri peteroli na gaz.

kwamamaza