MU Rwanda
MINALOC irasaba umujyi wa Kigali kubaka ibiro by'utugari...
Mu gihe abatuye mu mirenge imwe yo mu mujyi wa Kigali basaba Leta kububakira ibiro by’imirenge bijyanye n’igihe kuko ibyo bafite babona...
Guverinoma y'u Rwanda ku bufatanye na AGRA bagiye gutera...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda iravuga ko ku bufatanye n’ihuriro Nyafurika rishinzwe guteza imbere ubuhinzi AGRA bazafasha abatunganya...
Nyabihu: Ahari ivomo hashizwe ikigega cy'amazi, none ntibibuza...
Abatuye mu murenge wa Jenda barasaba ivomo kuko ubu bavuma ibirohwa. Bavuga ko ahari ivomo ryabo hashinzwe ikigega cyamazi mu bindi...
Hatangijwe igenamigambi ry’imyaka 5 rizateza imbere ubuhinzi...
Minisiteri y’ubuhizi n’ubworozi iravuga ko hagiye gushyirwaho uburo bwinjiza urubyiruko mu buhinzi mu rwego rwo kwihangira imirimo....
U Rwanda rumaze imyaka 10 rusabye kwandika inzibutso mu...
Nyuma y'imyaka isaga 10 u Rwanda rutanze dosiye isaba kwinjiza inzibutso enye za Jenoside yakorewe Abatutsi n'ishyamba rya Nyungwe...
Huye: Gusabwa uburambe mu kazi biri guteza ubushomeri mu...
Mu karere ka Huye, hari rumwe mu rubyiruko ruvuga ko kuzitirwa kugera ku mahirwe y’umurimo nko gusabwa uburambe mu kazi ku barangiza...
Ikibazo cy'abagenzi baburaga imodoka gikomeje kuvugutirwa...
Nyuma y’uko hirya no hino muri gare zitegerwamo imodoka ndetse no kubyapa bitandukanye mu mujyi wa Kigali hakundaga kugaragara imirongo...
Kayonza: Aborozi baruhutse kongera gusaranganya imashini...
Aborozi bo mu karere ka Kayonza bashyikirijwe imashini zizabafasha mu bworozi zifite agaciro ka miliyoni zisaga 220 z'amafaranga y'u...
Bamwe mu bakoresha interineti rusange mu mujyi wa Kigali...
Bamwe mu bakoresha interineti rusange izwi nka "Public WI-FI " mu mujyi wa Kigali baravuga ko batanyuzwe n’umuvuduko iyi interineti...
Nyanza: Hagiye kubakwa gare ijyanye n'icyerekezo izatwara...
Mu Karere ka Nyanza, nyuma y’aho bamwe mu batuye n’abagenda muri aka Karere bagaragarije ko nta kigo abagenzi bategeramo imodoka kijyanye...
Kiny
Eng
Fr





