MU Rwanda
MINALOC yasabwe ibisobanuro ku mitangire mibi ya serivisi...
Mu nteko ishinga amategeko y'u Rwanda, Abadepite barasaba Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu gusobanura igituma mu nzego z'ibanze...
Ihindagurika ry'ikirere ribangamira umusaruro w'ubuhinzi
Hari bamwe mu bakora umwuga w’ubuhinzi bavuga ko uguhindagurika kw’ibihe by’ihinga bigira ingaruka ku musaruro wabo kuko ibihe babona...
Burera: Barambiwe gusiragizwa bajya gusaba amafaranga y’ingurane...
Abaturege bo mu mirenge ya Rwerere na Rusarabuye baravuga ko barambiwe gusiragizwa bajya gusaba amafaranga y’ingurane zimitungo yabo...
Imiryango itari iya Leta yasabwe kugira uruhare mu gukemura...
Komisiyo y'igihugu y'Uburenganzira bwa Muntu yagaragarije imiryango itari iya leta yo mu karere ka Huye, ko ikwiye kugira uruhare...
Gatsibo: Abafite ubumuga bavuga ko iby'ibarura ry'abantu...
Hari abantu bafite ubumuga mu murenge wa Rugarama mu karere ka Gatsibo bavuga ko iby'ibarura ry'abantu bafite ubumuga babyumva kuri...
Ubushakashatsi bwagaragaje ko impanuka n’ibyago bikomoka...
Urwego rw’igihugu rw’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) rufatanyije na Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo (MIFOTRA) batangije ibikorwa...
MINISANTE irasabwa gukemura ibibazo bibangamira abivuriza...
Abadepite mu nteko Ishinga amategeko y'u Rwanda, barasaba Minisiteri y'Ubuzima na RSSB kuvugutira umuti urambye ibibazo byagaragajwe...
Ngoma: Kubaka umuhanda Ngoma- Ramiro bigeze kure
Ubuyobozi bw'intara y'Iburasirazuba buvuga ko imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Ngoma-Ramiro igeze ahashimishije kuko ahari...
Gakenke: Abasigaye batuye ahari kubakwa urugomero bahangayikishijwe...
Imiryango yo mu murenge wa Muhondo ivuga ko iri guhangana n’ibibazo by’urugomo n’umutekano muke, nyuma yaho imiryango imwe yimuwe...
Kayonza: Aborozi b’inka biteze umusaruro mu guhinga 70%...
Aborozi b'inka bo mur’aka karere baravuga ko gahunda yo kubemerera guhinga 70% by'inzuri zabo babona izatanga umusaruro. Ubuyobozi...
Kiny
Eng
Fr





